Amakuru
Nirere Madeleine uyobora urwego rw’Umuvunyi yatangaje ko ruherutse kugeza kuri RIB dosiye z’abantu 37 rukekaho ruswa. Ni dosiye zakozwe mu mwaka wa 2024/2025 nk’uko...
Hi, what are you looking for?
Nirere Madeleine uyobora urwego rw’Umuvunyi yatangaje ko ruherutse kugeza kuri RIB dosiye z’abantu 37 rukekaho ruswa. Ni dosiye zakozwe mu mwaka wa 2024/2025 nk’uko...
Perezida Paul Kagame yavuze ko Afurika idakwiye kugira uwo iharira inshingano zo gukemura ibibazo by’umutekano wayo kuko nta mbogamizi abayituye badafitiye ubushobozi bwo gukemura....
Abagabo batatu bafunzwe na Polisi ibakurikiranyeho kwiba inka, umwe ikaba yamusanganye igihanga cyayo. Umuvugizi w’uru rwego mu Ntara y’Amajyaruguru IP Ignace Ngirabakunzi avuga ko...
Kuri iki Cyumweru, Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye yavuye muri Kigali Car Free Day ahita agana muri Kenya, mu ruzinduko rw’akazi. Yagiye muri...
Urugaga rw’Abikorera mu Mujyi wa Kigali rwatangaje ko rwabaruye rusanga abacuruzi bose bo mu Mujyi wa Kigali ari 57.325. Muri bo, ibihumbi 23 ni ...
Inteko Rusange y’Ihuriro ry’igihugu nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki yo ku wa 14 Ukwakira 2025 yatoye Dr. Frank Habineza na Nkubana Alphonse kuba abasenateri. Hon...
Polisi y’u Rwanda yashyize hanze itangazo rihamagarira abasore n’inkumi bifuza kwinjira muri Polisi y’igihugu gutangira kwiyandikisha. Ushaka kwinjira muri Polisi y’igihugu agomba kuba nibura...
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF), bwasohoye itangazo rihamagarira abasore n’inkumi babishaka bari hagati y’imyaka 18 na 21, kwiyandikisha kugira ngo binjire mu Ngabo z’u...
Writer: Mr. MUGABE GRACE, a university lecturer, researcher, and religious communications expert Grate lakes Region The Anglican Communion which was at one time loved...
Rene Anthere Rwanyange Freedom of expression, a cornerstone of democracy, was at the heart of a national conference organized by the Observatory of Vulnerable...
Marie Immaculée Ingabire wari Umuyobozi Mukuru wa Transparency International -Rwanda, yatabarutse azize uburwayi nk’uko byatangajwe kuri X/Twitter y’uyu muryango. Ntiharamenyekana indwara yazize ariko yari...
Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yatangije Inama mpuzamahanga yiga k’ubuziranenge, izigirwamo uko ubuziranenge bwakomeza kwimakazwa mu bihugu 176 byayitabiriye. Ni inama yiswe International Organization...
Panorama Sébastien Lecornu waburaga iminsi itatu ngo yuzuze ukwezi ari Minisitiri w’Intebe mu Bufaransa yavuze ko yeguye kuko yabonaga ko hari ibibura ngo akomeze...
Panorama Sports James Bizimungu Opio is a Rwanda who has grown in Uganda. He was born in 2009. He has expertise in MMA fight....
Panorama Sports Umukino ubanza w’amajonjora y’ibanze ya CAF Champions League ntabwo wahiriye ikipe ya APR FC, dore ko ibitego bibiri bya Fiston Mayele byatumye...