Connect with us

Hi, what are you looking for?

Amakuru

Minisitiri W’Intebe yatangije inama mpuzamahanga ku buziranenge

Ni inama izamara iminsi itanu.

Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yatangije Inama mpuzamahanga yiga k’ubuziranenge, izigirwamo uko ubuziranenge bwakomeza kwimakazwa  mu bihugu 176 byayitabiriye.

Ni inama yiswe International Organization for Standardization (ISO) Annual Meeting 2025, yitabiriwe n’abantu 1000.

Dr. Justin Nsengiyumva yabasabye gusenyera umugozi umwe no kungurana ibitekerezo mu kwimakaza ubuziranenge mu nganda no mu bucuruzi. Agira ati: “ Guharanira ubuziranenge ni ingenzi mu gutuma ibikorerwa mu nganda bigirira akamaro ibihugu byacu, bikanafasha mu iterambere ry’inganda.”

Dr. Nsengiyumva yabibukije ko ubufatanye bwa buri wese mu kiciro cy’ubumenyi afite ari ngombwa, ibintu ntibikorwe mu buryo bwa nyamwigendaho.

Iyi nama izamara iminsi itanu, ikazamurikirwamo ibyo bamwe bakoze birimo n’ibishingiye ku bwenge buhangano.

Yitabiriwe n’abanyapolitiki, abahanga, abanyenganda, abacuruzi, abanyeshuri n’abandi.

Click to comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Izindi wakunda

Amakuru

Abasirikare bakuru 37 by’Afurika na Aziya batangaje ko banyuzwe no gusura Igicumbi cy’Intwari z’u Rwanda bashima uko izahoze ari iza RPA zitwaye mu kubohora...

Ubukungu

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje gahunda nshya igamije koroshya ingendo z’abaturage, aho hagiye gushyirwaho ahantu hihariye ho gusiga imodoka ku bazaba bashaka gukomeza urugendo...

Football

Amakipe abiri yo muri Sudani akina muri Shampiyona y’u Rwanda, Al Hilal SC na Al Merrikh SC, yagaragaye ku rutonde rw’amakipe 50 yitwaye neza...

Rwanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye itsinda ry’abashoramari baturutse mu mahanga bayobowe na Xu Hui, Umuyobozi wa Rich Resource International Investments (RRII)...

Advertisement

Address:

KG 17 Av 37
Remera-ARJ/RMC House
Amahoro National Stadium
Registration Number: RMC/C/14/015
Accreditation: RURA/ICT/LIC/210181745

e-mail: editor.panorama.rw@gmail.com; panoramarw@gmail.com

Tel: 0788300359 -0733003020

Twitter: @PanoramaNewspa1; @reneanthere
Facebook: Panorama Newspaper

Services:

Panorama Newspaper, Animation, Conducting Community debates, Organizing Talk shows, Consultancy in Media, Photography, Newsletters, Magazines, Videos, Documentaries, Translation, Editing, Book publishing, Motion picture, video and television programme production activities, Motion picture, video and television programme postproduction activities
Motion picture, video and television programme distribution activities, Motion picture projection activities, Other information service activities n.e.c.
Other publishing activities, Publishing of newspapers, journals and periodicals
Radio broadcasting, Television programming and broadcasting activities