Hanze
Abatuye mu murwa mukuru wa Niger, Niamey, batangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane humvikanye urusaku rw’amasasu hafi y’ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya...
Hi, what are you looking for?
Abatuye mu murwa mukuru wa Niger, Niamey, batangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane humvikanye urusaku rw’amasasu hafi y’ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya...
Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping yasesekaye muri Koreya ya Ruguru mu ruzinduko rwitezweho gushimangira umubano hagati y’ibihugu byombi no kuganira ku bibazo bikomeje kwibasira akarere....
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Afurika y’Epfo, Ronald Lamola, yavuze ko nta gihugu gifite ububasha bwo gukura ikindi mu ihuriro rya G20, ashimangira ko Afurika...
Ubutegetsi bwa Niger bwafashe icyemezo cyo guhagarika ibikorwa by’ibitangazamakuru icyenda byo mu Bufaransa, bubishinja gutangaza amakuru ashobora guteza umwuka mubi no guhungabanya ituze ry’igihugu....
Abaturage bagera ku bihumbi 6.000 bo hirya no hino mu Rwanda bagiye guhabwa serivisi yo kubagwa indwara y’ishaza ku buntu, mu gikorwa kiri gukorwa...
Leta y’u Bwongereza yatangaje ingamba nshya zigamije gutabara urwego rw’utubari n’ahakirirwa abashyitsi, ruri mu bibazo bikomeye byatewe n’izamuka ry’ibiciro n’imisoro. Muri izo ngamba harimo...
Ubutegetsi bwa Iran bwongeye gutanga umuburo ukomeye ku ngabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, buvuga ko zizibasirwa mu gihe zagerageza kwegera cyangwa kwinjira...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kwibasira Chancelier w’u Budage, Friedrich Merz, amusaba kwita ku bibazo byihutirwa byugarije igihugu cye...
Minisitiri w’Ingabo wa Mali, Sadio Camara, yishwe n’igisasu cyatezwe mu modoka hafi y’urugo rwe ruri mu gace kegereye umurwa mukuru Bamako, mu gihe igihugu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ategerejwe mu kwitabira igikorwa gikomeye cyiswe ‘America Reads The Bible’, kizabera i Washington DC ku...
Abahagarariye Lebanon na Israel bahuriye mu biganiro bikomeye byabereye i Washington D.C. ku wa 14 Mata 2026, bigamije gushaka umuti w’intambara imaze igihe ihanganishije...
Abanyarwanda batuye mu Butaliyani bafatanyije n’inshuti zabo ndetse n’abahagarariye inzego zitandukanye, bateraniye mu murwa mukuru Rome ku wa 7 Mata 2026 mu gikorwa cyo...