Amakuru
On December 4th the family and friends of the late Rwandan iconic musician Yvan BURAVAN, have announced an initiative YB foundation; which we’ll be...
Hi, what are you looking for?
On December 4th the family and friends of the late Rwandan iconic musician Yvan BURAVAN, have announced an initiative YB foundation; which we’ll be...
Bamwe mu rubyiruko bavuga ko diyabeti ari indwara y’abakuze kandi abenshi nabo b’abakire, ko bo itabarebe bityo bumva nta mpamvu yo kuyipimisha cyangwa kuyirinda...
Le responsable du Huye Youth Center, Hanyurwimfura Innocent dit que les jeunes participent aux services locaux de prévention du SIDA, mais il constate que...
Urubyiruko rurakangurirwa kwirinda ibishobora kwanduza amaraso yabo, basabwa amaraso mazima kandi bakitabira igikorwa cyo gutanga amaraso afashishwa indembe ziyakeneye kwa muganga. Umuhuzabikorwa w’Umuryango utabara...
Ubufatanye hagati y’abashakanye bwongereye urukundo mu miryango nyuma y’aho abagabo batagifata imirimo imwe nk’igenewe abagore gusa cyangwa ngo bagire imitungo yiharirwa n’abagabo gusa. Ibi...
Abakeneye kuruhuka mu minsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, Muhazi Beach Hotel yabateguriye ibirori bigufasha kuruhuka n’abawe. Zamukira i Nyagasambu ku isoko ujye kuri Muhazi...
Mu cyumweru cyahariwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, abasanzwe bakora uyu mwuga 200, ariko batabyigiye, basoje inyigisho z’amezi 6 bahawe ubumenyi buzabafasha kunoza umurimo no kongera...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta y’u Rwanda, Dr Ugirashebuja Emmanuel, ubwo hizizwaga isabukuru y’imyaka 74 y’itangazo itangazo ry’uburenganzira bwa muntu, umunsi wabereye...
Polisi y’u Rwanda igaragaza ko mu mwaka wa 2022, kugeza mu ntangiriro z’ukwezi k’Ukuboza, abantu 617 baburiye ubuzima mu mpanuka zo mu muhanda, na...
Komisiyo y’igihugu y’uburenganzira bwa Muntu, mu gukomeza ubukangurambaga mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 74 y’itangazo mpuzamahanga ry’uburenganzira bwa muntu, ku wa 6 Ukuboza 2022, mu...
Abagize inteko zishinga amategeko baharanira iterambere ry’ubuhinzi n’imirire muri Afurika y’Iburasirazuba (EAC), barasaba guverinoma z’ibihugu kongera ingengo y’imari zigenera ubuhinzi n’indi mirimo ishamikiye ku...
Ku munsi mpuzamahanga ngarukamwaka wahariwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, abakora muri uru rwego basabye gukorerwa ubuvugizi, kuko ngo kutizerwa n’amabanki ari inzitizi ikomeye ku iterambere...