Amakuru
Hari mu gicuku kiniha dutashye! Nari kumwe n’abagabo batatu b’inshuti zanjye tuvuye mu gitaramo, tugeze ku masangano y’umuhanda munini wo mu Mujyi wa Kibuye...
Hi, what are you looking for?
Hari mu gicuku kiniha dutashye! Nari kumwe n’abagabo batatu b’inshuti zanjye tuvuye mu gitaramo, tugeze ku masangano y’umuhanda munini wo mu Mujyi wa Kibuye...
Umunyarwandakazi Francine Munyaneza, umucuruzi n’umushabitsi, washinze akaba n’umuyobozi mukuru wa Munyax Eco Ltd, sosiyete ikora ingufu zituruka ku mirasire y’izuba ukaba n’umushinga wubaka ubusugire bw’ibidukikije,...
Ni abantu bake usanga bafata umwanya wabo ngo bazirikane kwifuza abana umunsi mwiza cyangwa se ukwezi kwiza iyo gutangiye. Kwifuriza abana ibyiza ni umugisha...
Abafite ubumuga mu Rwanda bagaragaje bimwe mu bibazo by’ingutu bibangamiye bibabuza kugera ku iterambere ryabo mu ngeri zitandukanye z’ubuzima cyane uburezi, ubuvuzi, imodoka zitwara...
Abanduye virusi itera SIDA mu karere ka Karongi bavuga ko byabatwaye imyaka myinshi cyane kugira ngo bahindure imyumvire, kuko benshi muri bo bavugaga ko...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 29 nzeri 2022, Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT) rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza ruregwamo...
Imiryango 144 igizwe n’abaturage 707 baturiye kariyeri ikoreshwa muri CIMERWA ndetse n’imiryango 507 igizwe n’abaturage 2212 ituriye uru ruganda, ni yo imaze kubarurwa ngo...
Umuryango Ibuka, uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, urasaba ko urubanza rwa Kabuga Felicien rwakwihutishwa kugira ngo hadakomeza kubaho ibyarutinza nyamara uregwa ageze mu...
Mu bigo by’amashuri abanza hirya no hino mu Mujyi wa Kigali ubwo hatangizwaga umwaka w’amashuriwa 2022 -2023, ku itariki 26 Nzeri 2022, babyeyi benshi...
Polygon, umuyoboro wa mbere w’urubuga rwa interineti Web3.0 utavogerwa ukoreshwa na bimwe mu bigo bikomeye ku isi birimo Meta, Stripe, Reddit n’ibindi, ndetse na...
Vingt et un cas d’Ebola ont été signalés en Ouganda, a annoncé ce lundi le ministère de la santé publique. Vendredi dernier, les autorités...
Mu rwego rwo gukuraho urujijo ku bibazo ababyeyi bakomeje kwibaza ku birebana n’ibyo basabwa ku ishuri, Minisiteri y’uburezi yatanze umurongo uhamye w’ibyo umubyeyi asabwa...
Urubyiruko rwasabwe kwita ku buzima bwabwo nk’ibuye ry’agaciro rya Zahabu, rwirinda kwirara, ahubwo rwitabira ibikorwa byo kwirinda Virusi itera SIDA, bakoresheje uburyo butandukanye harimo...
Ababyeyi basabwa kutagira impungenge ku rukingo rwa COVID-19 ruzahabwa abana bari hagati y’imyaka 5 na 11, kuko kubakingira ari ukubungabunga ubuzima bwabo. Basabwa kandi...