Amakuru
Mu butumwa bwe, Kagame yashimye Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron ku butwari yagize muri politiki yo guhindura amateka yaranze umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa...
Hi, what are you looking for?
Mu butumwa bwe, Kagame yashimye Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron ku butwari yagize muri politiki yo guhindura amateka yaranze umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa...
Mu myaka 70 umwamikazi Elizabeth II yamaze aganje ku ngoma y’u Bwongereza yasuye ibihugu 20 bya Afurika nk’ikimenyetso cy’inyungu, amahirwe ndetse n’urukundo yari afitiye...
Ku cyumweru tariki ya 11 Nzeri 2022 muri BK ARENA i Remera habaye imikino ya gatatu ya playoffs za nyuma muri shampiyona ya Basketball...
Mu kiganiro kirambuye Panorama.rw yagiranye n’umuvugizi wa gisirikare wa Armée Révolutionnaire Congolaise (ARC) uzwi nka M23 (Mouvement du 23 Mars), Major Willy Ngoma, yavuze...
Mu butumwa Umuhanzi Ngarambe François Xavier yatanze abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook, yatangaje ko yishimiye inkuru nziza ko we n’Umugore we Yvonne-Solange bizihiza...
APR FC, ikipe y’ingabo z’igihugu, kuri uyu wa 10 Nzeri 2022, yatsinze US Monastir igitego kimwe ku busa (1-0), mu mukino wa mbere wa...
Ku wa Gatanu tariki 09 Nzeri 2022, mu ishuri ry’amahugurwa rya Polisi y’u Rwanda (PTS) i Gishari mu Karere ka Rwamagana, hasojwe amahugurwa y’iminsi...
Ihuriro mpuzamahanga ku iterambere ry’ubuhinzi muri Afurika, AGRA, ryatangaje ko rikeneye miliyoni 550 z’amadolari ya Amerika yo gukoresha muri gahunda yo guteza imbere ubuhinzi...
Abaturage b’Akarere ka Muhanga mu mirenge itandukanye baraganirizwa n’abayobozi uko bagira uruhare mu kwikemurira ibibazo no kwicungira umutekano, kugira ngo bagere ku iterambere bifuza....
Mu rwego rwo kurushaho kugaragariza abaturage ibikorerwa mu karere ka Nyamagabe, abaturage bijejwe ko mu mirenge yiganjemo iya kure y’ibiro by’akarere bagiye kwegerezwa imurikabikorwa,...
Abaturage bo mu Karere ka Karongi bishimiye ko bagiye guhabwa amashyiga ya ‘cana rumwe’ bavuga ko basanzwe bazi akamaro kayo ariko bari barabuze ubushobozi...
Polisi yo muri Nigeria yataye muri yombi umugore witwa Maureen Wechinwu imufatanye abana 15 batarageza imyaka y’ubukure. Uyu mugore wigize Uwihaye Imana bivugwa ko...