Rwanda
Ubwo hakorwaga umuganda rusange usoza ukwezi kwa Gatatu waberaga mu karere ka Rulindo mu murenge wa Buyoga, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yifatanyije n’abaturage...
Hi, what are you looking for?
Ubwo hakorwaga umuganda rusange usoza ukwezi kwa Gatatu waberaga mu karere ka Rulindo mu murenge wa Buyoga, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yifatanyije n’abaturage...
Abanyeshuri 28 biga icyiciro cya gatatu cya Kaminuza (Masters) n’abarimu babo baturutse muri Kaminuza yo mu Bwongereza yitwa SOAS University of London basuye Ikigo...
Abantu bagirwa inama yo kwita ku buzima bwo mu kanwa boza mu kanwa nibura gatatu ku munsi kandi bakoresheje uburoso n’umuti wabugenewe. Ntibakwiye kurenza...
Mu gikorwa cy’Umuganda rusange usoza ukwezi kwa Werurwe 2026, cyabereye mu Murenge wa Uwinkingi mu Karere ka Nyamagabe, abaturage bashimiwe ku ruhare rugaragara bagira...
Inzego zishinzwe guteza imbere abagore mu Rwanda zongeye kubashishikariza kugira uruhare rugaragara mu myanya y’ubuyobozi, cyane cyane ku rwego rw’inzego z’ibanze aho bagaragara ari...
Kwizera Jackson Umujyi wa Kigali watanze ibisobanuro birambuye ku cyemezo cyo kurandura ibishyimbo, uvuga ko iki gikorwa cyashyigikiwe n’uko byari byarahinzwe mu buryo bunyuranyije...
Kwizera Jackson Urukiko rwa Buganda Road muri Uganda rwahamije umugore w’Umunyarwandakazi witwa Elizabeth Mbabazi ibyaha bifitanye isano n’umugambi wo kwiba miliyoni 725 z’amashilingi asaga...
Mu Mudugudu wa Gikangaga, Akagari ka Gasovu, Umurenge wa Karambi, Akarere ka Nyamasheke hari umuturage witwa Salomon Butera w’imyaka 72 yatawe muri yombi nyuma...
Igikorwa cy’ubusabane bwa Abayisilamu bo mu Rwanda na Perezida wa Repubulika Paul Kagame cyiswe ‘Meet The President’, cyabaye kuri uyu wa 25 Werurwe 2026...
Abayisilamu bo mu Rwanda bagaragaje ko bishimiye uruhare Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagize mu kubasubiza uburenganzira n’agaciro bari baratakaje mu bihe byashize. Ibi...
Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Tanzania (TPDF) bagaragaje ko ari ngombwa gushyiraho ingamba zihuse zo guhangana n’ubucuruzi bwa magendu n’ibindi bikorwa binyuranyije n’amategeko...
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yatangaje ko inoti zimwe z’amafaranga y’u Rwanda zigiye guhagarikwa gukoreshwa mu buryo busanzwe, hashingiwe ku Iteka rya Perezida Nº11/01...