Amakuru
Ibiza ni kimwe mu bibazo bihangayikishije kandi bikomeje gutwara ubuzima bw’abantu mu bice bitandukanye by’igihugu, ariyo mpamvu leta ikomeje ubukangurambaga mu rwego rwo kwirinda...
Hi, what are you looking for?
Ibiza ni kimwe mu bibazo bihangayikishije kandi bikomeje gutwara ubuzima bw’abantu mu bice bitandukanye by’igihugu, ariyo mpamvu leta ikomeje ubukangurambaga mu rwego rwo kwirinda...
Jeanne d’Arc Munezero Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya Hakuziyaremye, yahumurije abaturage bibazaga ku kibazo cy’intambara ya Iran na Amerika, yavuze ko kugeza...
Jackson Kwizera Amakuru y’umunyeshuri bikekwa ko yakuyemo inda bikamugiraho ingaruka zikomeye, yamenyekanye mu masaha y’ijoro ahagana saa yine n’igice (22h34) ku wa Gatatu, tariki...
Jackson Kwizera Guverinoma y’u Rwanda yashyize imbaraga mu kuvugurura imiyoboro ishaje itanga amazi no guteza imbere isuku n’isukura mu mijyi hirya no hino mu...
By Rene Anthere Rwanyange Rwanda’s financial sector remained resilient in 2025, sustained by a favourable macroeconomic environment and robust institutional performance, the latest Monetary...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko hifuzwa ko ibigo by’amashuri bigira n’amavuriro y’ibanze azafasha mu kwita ku buzima bw’abanyeshuri. Ati: “Turifuza ko ibigo...
Ababyeyi ndetse n’abakuru muri rusange bakora ibishoboka byose ngo abana babo bazavukane ubuzima bwiza, buzira imirire mibi n’igwingira, ibi bigatuma bakora cyane kugira ngo...
Panorama Abunganira u Rwanda mu rubanza ruregamo u Bwongereza bagereranyije imyitwarire y’u Bwongereza n’umucuruzi, abonye ko atazabona ibyo yashakaga, agatangira gutota uwo bagirana amasezerano...
Tariki ya 18 Werurwe uyu mwaka mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Nyanza hateraniye Inama y’Ubujyanama ku Rwego rw’Intara y’Amajyepfo kubufatanye na World Vision...
Jackson Kwizera Kuri uyu wa Gatatu, u Rwanda n’u Bwongereza byahuriye mu rukiko mpuzamahanga ruri i La Haye (The Hague), mu Buholandi, Leta y’u...
Akagari ka Nzove kari mu Murenge wa Kanyinya, mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali. Ni kamwe mu duce dukunze kuvugwaho imiterere idasanzwe...
Bamwe mu bagenzi batega abamotari mu bice bitandukanye by’igihugu bavuga ko babangamiwe n’umwanda ukabije abamotari bafite batibagiwe n’amamoto yabo ariko bakabura uko babigenza kuko...
Intambara ikomeje guhuza Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Israel na Iran imaze ibyumweru bibiri n’igice itangiye, kuko yatangiye ku wa 28 Gashyantare 2026. Muri...
Hari ubushakashatsi buherutse gutangazwa n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima buvuga ko 42% by’abatuye isi bafite amenyi arwaye mu buryo runaka. Abo barimo benshi...
Ku Isi hose usanga abantu bafite imico itandukanye mu mibereho ya buri munsi, harimo n’uburyo bafata ibijyanye no kurya. Hari aho gusigaza ibiryo ku...