Amakuru
Raporo ngarukamwaka y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) yerekana ko abagore bitabira kuboneza urubyaro biyongera kandi ko uburyo bitabira kurusha ubundi ari ugukoresha agapira (implant), inshinge...
Hi, what are you looking for?
Raporo ngarukamwaka y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) yerekana ko abagore bitabira kuboneza urubyaro biyongera kandi ko uburyo bitabira kurusha ubundi ari ugukoresha agapira (implant), inshinge...
Panorama Sena yateguye igikorwa cyo gusura abaturage mu gihugu hose, hagamijwe kureba ibikorwa mu guteza imbere ubworozi. Iki gikorwa giteganyijwe ku itariki ya 20...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yakiriye impapuro yashyikirijwe na Maj. Gen. Joseph Nzabamwita, zimuhesha uburenganzira bwo guhagararira u Rwanda mu Burusiya. Mu kwezi k’Ukuboza 2024,...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yakiriye i Leung Chun-Ying, Umuyobozi Mukuru wa GX Foundation, umuryango mpuzamahanga uzwi cyane mu bikorwa by’ubugiraneza bifasha abantu mu...
FERWAFA yanzuye guhagarika Adel Amrouche wari umutoza w’Amavubi nyuma y’uko atubahirije ibikubiye mu masezerano, nk’uko biri mu itangazo yasohoye. Mu gitondo kuri uyu wa...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka k’ubuhinzi n’ubworozi (NAEB) cyamenyesheje abahinzi b’ikawa, inganda zitunganya ikawa n’abandi bafatanyabikorwa bose mu buhinzi bw’ikawa...
Mu Mudugudu wa Rushakamba, Akagari ka Kamashangi, Umurenge wa Kamembe mu Karere ka Rusizi hafitiwe umugabo w’imyaka 30 wahishaga urumogi muri matora ku musego....
Minisitiri w’Ibikorwa remezo, Jimmy Gasore, asobanura impamvu abatwara ibinyabiziga ntibemere guhagarara igihe babisabwe na polisi bazahanwa bikomeye mu itegeko rishya ry’umuhanda. Mu kiganiro yagiranye...
Abantu babiri bakekwaho kwica abagabo babaziza kwiba ihene bakaza gucika bafashwe nk’uko byemejwe na Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyepfo. Polisi yabwiye UMUSEKE ko ibyo...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko imibare yakusanyije mu mwaka wa 2025 ku byerekeye indwara zose Abanyarwanda barwaye muri uwo mwaka, yasanze miliyoni 1.2 byabo bararwaye...
Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye zoherejwe muri Repubulika ya Centrafrique kuhagarura amahoro (MINUSCA), zambitswe imidari y’ishimwe kubera umurava, ubunyamwuga n’umusanzu mu...
Munezero Jeanne d’Arc Guverinoma y’u Rwanda yongereye imyaka itatu umushinga PRISM ndetse inongeramo miliyoni 25$ kugira ngo ukomeze guteza imbere Abanyarwanda binyuze mu buhinzi...