Amakuru
Jackson Kwizera Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko gahunda yo gutanga Indangamuntu koranabuhanga (e-Ndangamuntu) igeze ku ntambwe ishimishije, aho abaturage 1.828.763 bamaze gufotora no...
Hi, what are you looking for?
Jackson Kwizera Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo yatangaje ko gahunda yo gutanga Indangamuntu koranabuhanga (e-Ndangamuntu) igeze ku ntambwe ishimishije, aho abaturage 1.828.763 bamaze gufotora no...
Jackson Kwizera Abagore bo mu rugaga rw’Umuryango FPR Inkotanyi mu murenge wa Kimihurura bashyize imbaraga mu kurwanya amakimbirane mu miryango, banatanga ubufasha ku bagore...
Jackson Kwizera Intara y’Iburengerazuba irangwa n’imisozi miremire kandi ihanamye, ku buryo iyo imvura iguye amazi amanuka ari menshi, rimwe na rimwe agateza inkangu, hanyuma...
Jackson Kwizera Ku wa Kane, tariki ya 19 Gashyantare 2026, muri Village Urugwiro, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakiriye intumwa zitandukanye zo mu nzego...
Colonel Charles Sumanyi yarahiriye kuzuzuza inshingano ze nk’Umushinjacyaha mukuru wa gisirikare, indahiro yakiriwe na Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva. Nsengiyumva yasabye Sumanyi kuzakoresha neza...
Minisiteri y’Ubuzima, ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), yamuritse imashini nshya zirindwi zipima amaraso (blood culture machines) zizakoreshwa muri za laboratwari zo mu bitaro...
Panorama Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, na mugenzi we wa Angola, João Lourenço, barasaba ko hatangizwa byihutirwa uburyo bwo kugenzura...
Perezida Paul Kagame yatanze ubutumwa bwo gushimira Mia Amor Mottley wongeye kwemererwa n’abaturage be ngo abayobore mu yindi myaka ibiri. Kuri X, Perezida Kagame...
Abaturage bo mu Murenge wa Twumba mu Karere ka Karongi bemeza ko k’ubufatanye n’ubuyobozi bagiye kwirinda ibyatuma abana bagwingira. Mu bukangurambaga bwiswe Hehe n’Igwingira...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare gitangaza ko imibare igaragaza ko ingo icyenda mu ngo icumi z’Abanyarwanda zitunze radiyo. Radiyo yagize uruhare runini mu kugeza ku baturage...
Mu Mirenge ya Kabare na Rwinkwavu mu Karere ka Kayonza hari kubakwa icyuzi kinini kizatanga amazi azuhirwa imyaka iteye kuri hegitari 200. Abahinzi bafite...
Panorama The 2025 Corruption Perceptions Index (CPI), released today by Transparency International (TI), reveals that Rwanda has made progress in anti-corruption, achieving its highest-ever...
Jackson Kwizera Ibipimo bya ruswa mu mwaka wa 2025 (CPI 2025), byashyizwe ahagaragara ku wa 9 Gashyantare 2026 n’Umuryango ushinzwe kurwanya ruswa n’akarengane (Transparency...
Mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK, hagiye gutangirizwa ubuvuzi bwo kubaga ubwonko bw’abantu barware igicuri. Ku wa Mbere Tariki 09, Gashyantare, 2026 nibwo...
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR), nk’urwego rufite mu nshingano gucunga ifaranga ry’u Rwanda, iburira abantu bose kwirinda gukoresha inoti z’amafaranga y’u Rwanda mu bikorwa...