Amakuru
Kigali – Rwanda, hatangijwe gahunda nshya igamije gufasha ibihugu bya Afurika guteganya no guhangana n’indwara zishobora guterwa n’imihindagurikire y’ikirere, yiswe Africa Climate–Health Desk, ikazajya...
Hi, what are you looking for?
Kigali – Rwanda, hatangijwe gahunda nshya igamije gufasha ibihugu bya Afurika guteganya no guhangana n’indwara zishobora guterwa n’imihindagurikire y’ikirere, yiswe Africa Climate–Health Desk, ikazajya...
Mu Rwanda havuguruwe itegeko rigenga imikoreshereze y’imihanda, risimbura iryari rimaze imyaka irenga 38 rikoreshwa. Iri tegeko rishya ryashyizeho ibihano bikarishye ku batwara ibinyabiziga banyoye...
Abaturage b’Umujyi wa Kigali basabwe kugira uruhare rukomeye mu gukumira no kurandura indwara y’ibisazi by’imbwa, binyuze mu gukingiza imbwa no kuzitaho kugira ngo zitazerera....
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), Vincent Nyakarundi, yagiriye inama itsinda ry’abasirikare ba RDF hamwe n’abapolisi b’u Rwanda bitegura kujya...
Rene Anthere Rwanyange Twagirumukiza François yatorewe kuyobora Urugaga rw’Abikorera, PSF. Ni umwanya asimbuyeho Jeanne Françoise Mubiligi wayiyoboraga kuva muri Gashyantare mu 2023. Yiyamamaje ari...
U Rwanda rwakiriye abanyarwanda 205 bari bamaze igihe batuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakaba baragarutse mu gihugu ku wa Kane tariki ya...
Mu Karere ka Nyarugenge Murenge wa Kanyinya, umugabo uzwi ku izina rya Kazungu ari mu bibazo bikomeye iwe mu rugo nyuma y’uko umugore we...
Ibigo by’itumanaho bikorera muri Afurika byatangaje gahunda nshya igamije korohereza abaturage kubona telefone zigezweho ku giciro gito cyane, aho biteganyijwe ko zimwe zizajya zigura...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Murangira B. yatangaje ko kugeza ubu ataramenya cyangwa ngo abe yarigeze yumva indirimbo y’umunyarwenya n’umuhanzi uzwi kw’izina rya G Taff,...
Panorama Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, asaba abaturage gukomeza kuba maso no kugira amakenga mu byo bakora mu rwego rwo kwirinda...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi, bamaze gufata ingeso yo kuzindukira mu tubari tw’ibigage mu gitondo cya kare,...
U Rwanda rwatangiye gukoresha urukingo rushya rwitwa Gardasil 9 rugamije kurinda abantu kwandura virusi ya Human papillomavirus (HPV), izwiho gutera indwara zitandukanye zirimo na...
Jeanne d’Arc Munezero Hari imanza zibaho z’abagabo bohohotera abangavu, muri izi manza hari ubwo ubushinjacyaha butsindwa nyamara byagizwemo uruhare n’ibyiciro bitandukanye harimo inzego z’ibanze,...
Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Rutungu, Umudugudu wa Rubira mu Murenge wa Rwimiyaga Sector, bavuga ko bahangayikishijwe n’igikorwa cyo kurandura amasaka bari...
Ubwo u Rwanda rwifatanyaga ni Isi mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore, mu Karere ka Nyarugenge habereye umuhango wo gushimira abagore b’indashyikirwa batarengeje imyaka 30....