Amagare
Adrien Niyonshuti Cycling Academy (ANCA) bakiriye inkunga y’ibikoresho by’umukino w’amagare (Cycling) byavuye muri muryango wo mu Bufaransa “AMITIE CH’TI RWANDA”. Ni igikorwa cyabaye ku...
Hi, what are you looking for?
Adrien Niyonshuti Cycling Academy (ANCA) bakiriye inkunga y’ibikoresho by’umukino w’amagare (Cycling) byavuye muri muryango wo mu Bufaransa “AMITIE CH’TI RWANDA”. Ni igikorwa cyabaye ku...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Cricket mu bagabo izakina imikino itanu ya T20 na Ghana mu rwego rwo kwitegura imikino y’amajonjora yo guhatanira itike...
Ku wa gatatu tariki ya 4 Kanama 2021, nibwo ubuyobozi bwa APR FC bwafashe icyemezo cyo gusezera burundu umukinnyi wakinaga hagati mu kibuga Niyonzima...
Butera Andrew, wakiniraga APR FC ubu akaba yaratijwe ikipe ya AS Kigali, arashimira cyane ubuyobozi bwa APR FC bwemeye icyifuzo cye cyo gutizwa mu...
Impuzamashyirahamwe y’ibihugu byo mu karere ka Afurika y’i Burasirazuba no hagati (CECAFA) mu mupira w’amaguru, yamaze gutangaza amakipe 10 arimo APR FC yemeye kwitabira...
Ubuyobozi bwa APR FC bwatangaje ko bwagennye ubundi buryo amakuru y’ikipe azajya atambutswa buri munsi mu rwego rwo gufasha abakunzi b’ikipe y’ingabo z’igihugu kumenya...
The Euros 2020 and Copa America 2020 were some of the sporting events that just ended in different continents of the world. In a...
Umutoza Mukuru wa Police FC Haringingo Francis Christian n’abamwungirije Rwaka jean Claude na Niyiturize Jean birukanwe bazira kudatanga umusaruro. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ubuyobozi bwa...
Kuri uyu wa 10 Kamena 2021, kuri Stade yayo, Bugesera FC yari yakereye gutsinda APR FC uko byagenda kose ariko yatunguwe no kunyagirwa ibitego...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 24 Gicurasi 2021, imikino ya ¼ muri Shampiyona y’umupira w’amaguru “Primus National League” yakomeje, aho Bugesera FC yatinze...
Umukino wa mbere wa kimwe cya kane wahuje ikipe ya APR FC na Espoir FC yo mu ka Rusizi, wabereye kuri Stade mpuzamahanga ya...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 8 Werurwe 2021, Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Mimosa, yasuye ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare, aho...
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu, Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi bagomba gutangira imyiteguro mu rwego rwo guhatanira itike y’Igikombe cya Afurika. U Rwanda rufite imikino ibiri mu...
Akarere ka Burera kamaze kuzuza igice kimwe cy’ikibuga kigezweho kizajya cyakira imwe mu mikino y’abafite ubumuga. Ku ikubitiro hamaze gushingwa amakipe y’imikino inyuranye y’abafite...
Imikino ya kimwe cyane cy’imikino nyafurika ahuza amakipe y’ibihugu akinamo abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2020) izatangira ku wa Gatandatu tariki ya...