Football
Gukaza ubukana kw’icyorezo cya COVID-19 muri Canada, by’umwihariko mu mujyi wa Montreal, byatumye unashyirwa mu kato umukunzi wa Dany Usengimana akabura uko aza mu...
Hi, what are you looking for?
Gukaza ubukana kw’icyorezo cya COVID-19 muri Canada, by’umwihariko mu mujyi wa Montreal, byatumye unashyirwa mu kato umukunzi wa Dany Usengimana akabura uko aza mu...
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Portugal ndetse na Juventus yo mu Butaliyani, byemejwe ko yanduye icyorezo cya Coronavirus gikomeje kwibasira isi. Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri...
Saido Ntibazonkiza, wakiniraga ikipe ya Vital’o muri shampiyona y’u Burundi, yasinye amasezerano yo gukinira ikipe ya Young Africans muri Tanzania nk’uko iyi kipe yabitangaje. Uyu...
Los Angeles Lakers yegukanye shampiyona y’umukino w’intoki wa Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku nshuro yayo ya 17, itsinze Miami Heat imikino...
Baca umugani ngo “iyo nyirumuringa aje utega ukuboko” ariko kandi muri siporo, by’umwihariko mu mupira w’amaguru abakinnyi ndetse n’abafana barangwa n’ubworoherane. Ku cyumweru tariki...
Myugariro w’ikipe ya APR FC Niyomugabo Claude avuga ko yashimishijwe cyane no guhamagarwa mu ikipe y’igihugu Amavubi, ifite umukino wo guhatanira kujya mu gikombe...
Ku mugoroba wo ku wa mbere tariki ya 5 Ukwakira 2020, abayobozi bakuru b’ingabo z’u Rwanda bari bayobowe n’Umugaba mukuru w’Ingabo Gen Jean Bosco...
Myugariro wa APR FC n’ikipe y’igihugu Amavubi, Buregeya Prince atangaza ko yigishijwe amasomo menshi n’iyaduka ry’icyorezo cya COVID-19 cyateye isi gitunguranye mu mpera z’umwaka...
Ku wa kabiri tariki ya 29 Nzeri 2020, abakozi bose b’ikipe ya APR FC bapimwe icyorezo cya COVID-19 nyuma y’itangazo rya Minisiteri ya siporo...
Ikipe ya APR FC yatangaza ku mugaragaro ko yamaze gusinyisha rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Jacques Tuyisenge, nyuma yo gusezera mu ikipe ya Petro Atlético...
Ku cyumweru tariki ya 16 Kanama 2020, nibwo hasakaye ku mbuga nkoranyambaga amafoto agaragaramo Umutoza w’umupira w’amaguru Karekezi Olivier n’Umukinnyi Michael Sarpong bari kumwe...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Gicurasi 2020, nibwo hongeye kuvugwa inkuru ivuga ubuyobozi bwa APR FC bw’aba burimo kurambagiza...
Nyuma y’aho Minisiteri ya siporo itangaje ko nta bikorwa bya siporo byemewe kugeza muri Nzeri 2020 kubera icyorezo cya Koronavirusi, ibikorwa by’Ishyirahamwe ry’Umukino w’amagare...
Mu irushanwa ry’Ubutwari 2020 ryahuje ibyiciro by’abagore n’iby’abagabo mu mukino wa Tennis, Uwamutsali w’imyaka 77 umaze imyaka 40 muri uyu mukino yigaragaje mu bagore...
Umunsi wa 14: Ku wa gatanu tariki ya 28/02/2020 15h00: UR Huye vs RP IPRC Huye – UR Huye 19h00: APR vs REG – Amahoro 21h00: ESPOIR vs...