Amakuru
Mu ijambo yagejeje kubitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko ntawe ukwiye kugira...
Hi, what are you looking for?
Mu ijambo yagejeje kubitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko ntawe ukwiye kugira...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Mata 2021, ku rwibutso rwa jenoside rwa Kigali, Perezida Paul Kagame aherekejwe na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye...
Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata...
Ubushakashatsi bugaragaza ko mu Rwanda nibura umuntu umwe kuri batanu aba arwaye imwe mu ndwara zo mu mutwe, inzego z’ubuzima ziravuga ko iyo mibare...
Ku wa mbere tariki ya 05 Mata 2021, herekanwe abantu 138 bafashwe barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19. Abo bantu bafatiwe muri Hoteli, Resitora no...
Mu bihe bya COVID-19, bamwe mu barezi bo mu mshuri yigenga babonye ubufasha burimo ibiribwa n’ibikoresho by’isuku, by’akarusho batunguwe n’amafaranga babonye batari biteze ko...
Ubuyobozi bw’ikigo cya Crystal telecom burahumuriza abashoramari bari basanganywe imigabane y’icyo kigo ku isoko ry’imari ko umwanzuro uherutse gufatwa wo gufunga ibikorwa byayo bitazahungabanya...
Ahagana saa moya n’iminota 25 zo muri iki gitondo cyo ku wa 30 Werurwe 2021, ku musozi wa Buranga mu mudugudu wa Kabaya, Akagari...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, byashyize ahagaragara ingamba nshya zo gukomeza gukumira ikwirakwiza rya COVID-19, muri zo harimo ko uturere twa Bugesera, Gisagara na Nyanza...
Ku wa Gatandatu tariki ya 27 Werurwe abapolisi b’u Rwanda bagera ku 139 bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bugamije kubungabunga amahoro mu gihugu cya...
Umugabo w’imyaka 32 yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera, mu murenge wa Nyamata, afatanwa amafaranga agera kuri miliyoni...
Imyaka ibiri irashize Rwanda Coding Acedemy, ishuri ryitezweho gusohora abahanga mu bumenyi bw’icyitegererezo mu gukora porogaramu za mudasobwa (Software Engineering) mu Rwanda no mu...
Abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bo mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye baravuga ko bibabaje kuba nyuma y’imyaka 27 jenoside ibaye...
Aborozi bo mu karere ka Nyagatare baravuga ko barimo gukora ibishoboka byose ngo bongere umukamo w’amata kugira ngo bazahaze ruganda rugiye kubakwa muri aka...
Umunyemari Nkubiri Alfred ukomeje kuburanishwa ku byaha aregwa byo guhombya leta binyuze mu bucuruzi bw’amafumbire, yakomeje guhakana ibyo aregwa, avuga ko abamujyanye mu nkiko...