Amakuru
Tariki ya 9 Mata 1994, nibwo icyo Abafaransa bise “Operation Turquoise” yatangiye mu Rwanda kugera 12 Mata. Igisobanuro cy’iyo operasiyo kwari ugucyura Abafaransa n’abanyamahanga bari mu...
Hi, what are you looking for?
Tariki ya 9 Mata 1994, nibwo icyo Abafaransa bise “Operation Turquoise” yatangiye mu Rwanda kugera 12 Mata. Igisobanuro cy’iyo operasiyo kwari ugucyura Abafaransa n’abanyamahanga bari mu...
Mu gitondo cy’itariki ya 8 Mata 1994, Bagosora yakoranije abayobozi bagize Hutu Power, kugira ngo bashyireho guverinoma, bose bavaga mu mashyaka y’abahezanguni. Ishyirwaho ry’iyo guverinoma...
Ku wa 07 Mata 2021, Ambasade y’u Rwanda mu Gihugu cya Senegal inashinzwe Ibihugu bya Mali, Gambia, Cabo Verde na Guinea Bissau ifatanyije n’Abanyarwanda...
Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura -RMC, muri ibi bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi, rwatanze ubutumwa bugenewe Abanyamakuru, bubasaba kwitwararika ku mvugo...
Mu ijambo yagejeje kubitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko ntawe ukwiye kugira...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 7 Mata 2021, ku rwibutso rwa jenoside rwa Kigali, Perezida Paul Kagame aherekejwe na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye...
Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata...
Ubushakashatsi bugaragaza ko mu Rwanda nibura umuntu umwe kuri batanu aba arwaye imwe mu ndwara zo mu mutwe, inzego z’ubuzima ziravuga ko iyo mibare...
Ku wa mbere tariki ya 05 Mata 2021, herekanwe abantu 138 bafashwe barenze ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19. Abo bantu bafatiwe muri Hoteli, Resitora no...
Mu bihe bya COVID-19, bamwe mu barezi bo mu mshuri yigenga babonye ubufasha burimo ibiribwa n’ibikoresho by’isuku, by’akarusho batunguwe n’amafaranga babonye batari biteze ko...
Ubuyobozi bw’ikigo cya Crystal telecom burahumuriza abashoramari bari basanganywe imigabane y’icyo kigo ku isoko ry’imari ko umwanzuro uherutse gufatwa wo gufunga ibikorwa byayo bitazahungabanya...
Ahagana saa moya n’iminota 25 zo muri iki gitondo cyo ku wa 30 Werurwe 2021, ku musozi wa Buranga mu mudugudu wa Kabaya, Akagari...
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe, byashyize ahagaragara ingamba nshya zo gukomeza gukumira ikwirakwiza rya COVID-19, muri zo harimo ko uturere twa Bugesera, Gisagara na Nyanza...
Ku wa Gatandatu tariki ya 27 Werurwe abapolisi b’u Rwanda bagera ku 139 bari mu butumwa bw’umuryango w’abibumbye bugamije kubungabunga amahoro mu gihugu cya...
Umugabo w’imyaka 32 yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera, mu murenge wa Nyamata, afatanwa amafaranga agera kuri miliyoni...