Amakuru
Ni urugendo rwa Kilometero icumi (10Km) uvuye ku gasoko k’imineke ko kwa Karangara (Kugasi) ku muhanda Kigali-Rwamagana, ugafata umuhanda w’igitaka ukoze neza ugana ku...
Hi, what are you looking for?
Ni urugendo rwa Kilometero icumi (10Km) uvuye ku gasoko k’imineke ko kwa Karangara (Kugasi) ku muhanda Kigali-Rwamagana, ugafata umuhanda w’igitaka ukoze neza ugana ku...
Abaturage batuye mu karere ka Nyamagabe bishimira ibikorwaremezo bakomeje kwegerezwa, birimo kubakirwa ikiraro gihuza imirenge ya Mbazi na Kaduha aho kizabafasha mu migenderanire n’imihiranire...
Minisiteri y’ibidukikije yatangaje ko mu bihe biri imbere imwe mu myanda iva mu baturage, izajya igurwa n’amasosiyete ayibyaza umusaruro, mu gihe byari bimenyerewe ko...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe amashyamba mu Rwanda (RFA: Rwanda Forestry Authority) kivuga ko hari ubwoko bw’ibiti Abanyarwanda basaba kuba batangira guhinga biva mu mahanga, bagerageje...
Bamwe mu baturage bakora ubuhinzi bifashisha uburyo bunyuranye bwo kuhira imyaka yabo bemeza ko kuva ubu buryo bwatangira kwifashishwa bwabazamuriye umusaruro wabo kandi butuma...
Hifashishijwe uburyo bw’Ikoranabuhanga, ku wa 19 Kanama 2021, abasoje amasomo muri Kaminuza y’Ubukerarugendo n’Ikoranabuhanga (UTB) bagera ku 1406 barimo abagore bangana na 62% barangije...
Mu mukwabu wo kurwanya ubujura bw’amashanyarazi ukorwa buri gihe na Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) ifatanyije n’Inzego z’umutekano ndetse n’abaturage, mu ntangiriro z’ukwezi...
Umujyi wa Kigali watangaje ko watangiye gusana ruhurura ya Mpazi, iyobora amazi ava ku misozi inyuranye yo muri uyu Mujyi. Ni ibikorwa bizatwara hafi...
Mu gihe hakomejwe ingamba zo kurwanya icyorezo cya ‘Corona virus’, gahunda ya ‘Guma mu rugo’ yabangamiye imikorere ya bamwe mu batwara abagenzi mu mujyi...
Mu gihe cy’amze atandatu, kuva mu kwezi k’Ukuboza 2020 kugeza mu mpera za Kamenza 2021, ingo zigera ku 5095 zo mu mirenge itanu y’Akarere...
Abahinzi ba kawa mu karere ka Nyaruguru basaba kuba hakongerwa igiciro bajyaga bagurirwaho kikava ku mafaranga 250 kikagera nibura kuri 350Frw ku kilo. Uku...
Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) yasoje imirimo yo kubaka sitasiyo y’amashanyarazi (Electrical substation) ya Nyabihu. Iyi sitasiyo yitezweho gukemura ikibazo cy’amashanyarazi mu turere...
Umuryango Nyarwanda ugamije imibereho myiza n’iterambere ry’umuturage (CSDI), binyuze mu bagenerwabikorwa bo mu turere 9 ukoreramo, hamaze gushingwa amatsinda y’ubwizigame 49, aho buri tsinda...
Ikigo gishinzwe iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi mu Rwanda, NAEB, gifite umushinga wo kubaka isoko ry’ububiko bugezweho bw’imboga n’imbuto. Ni isoko rizaba rifite...
Ubwato bukozwemo hoteli y’inyenyeri 5 burimo kubakwa mu kiyaga cya Kivu mu Karere ka Karongi buzaba bwuzuye muri uyu mwaka nk’uko ababwubaka babyizeza. Ubu...