Amakuru
Ubuyobozi bw’ikigo cya Crystal telecom burahumuriza abashoramari bari basanganywe imigabane y’icyo kigo ku isoko ry’imari ko umwanzuro uherutse gufatwa wo gufunga ibikorwa byayo bitazahungabanya...
Hi, what are you looking for?
Ubuyobozi bw’ikigo cya Crystal telecom burahumuriza abashoramari bari basanganywe imigabane y’icyo kigo ku isoko ry’imari ko umwanzuro uherutse gufatwa wo gufunga ibikorwa byayo bitazahungabanya...
Aborozi bo mu karere ka Nyagatare baravuga ko barimo gukora ibishoboka byose ngo bongere umukamo w’amata kugira ngo bazahaze ruganda rugiye kubakwa muri aka...
Mu kwizihiza Munsi Mpuzamahanga wahariwe iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’umuguzi, bamwe mu bahagarariye abaguzi batangaje ko amafaranga acibwa umuntu wibagiwe sheki, adakoresha ikarita yo ku cyuma,...
Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe gukwirakwiza ingufu ry’amashanyarazi mu karere ka Kamonyi, EUCL buratangaza ko bwafashe ingamba zo kujya basanga abakiriya bakeneye umuriro aho bari hagamijwe...
Inyigo ziheruka gukorwa n’Ikigo cy’Igihugu cyo Kubunngabunga Ibidukikije (REMA), zagaragaje ko mu Rwanda habarurwa firigo 97,512. Muri zo 64,505 zirashaje cyane ku buryo zikoresha...
Ni mu gishanga cya Rugende kiri hagati y’umurenge wa Nyakariro muri Rwamagana n’uwa Masaka muri Kicukiro. Ni ubuso bungana na Hegitari 45 zihinzeho ibigori....
Abahinzi batubura imbuto bibumbiye muri Koperative COMSS yo mu karere ka Kicukiro, bashinja Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuhinzi n’Ubworozi -RAB, kubambura amafaranga y’u Rwanda asaga miliyoni...
Imirimo yo kubaka ibikorwaremezo bizifashishwa mu gucukura gazi mu kiyaga cya Kivu irimbanyije kugira ngo itunganywemo amashanyarazi. Mu kwezi kwa Kamena 2021 byitezwe ko...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amakoperative (RCA), baravugwaho gukingira ikibaba no gutinza gukurikirana abari abayobozi ba Koperative EJO HEZA RUGENDE RICE, bavugwaho...
Abahinzi b’umuceri bo mu gishanga cya Rugende barinubira amafaranga bakwa Water User bivugwa ko ari ayo gucunga imikoreshereze y’amazi muri icyo gishanga ariko imirimo...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yatangaje ko yaguze imashini 10 zigiye kujya zifashishwa mu kumisha imyaka y’ibinyampeke, hagamijwe kugabanya igihombo abahinzi baterwaga no kumisha mu...
Employees in hospitality industry in Rwanda that compiles together hotels, restaurants and bars face various challenges and violence that still hinder the development of...
Nyuma y’amezi abiri, Urwego ngenzuramikorere (RURA) rwatandaje ko ibiciro bya Esanse na Mazutu byazamutse. Kuva tariki ya 4 Ugushyingo 2020 kugeza ku wa 7...
Ubutaka bwo ku nkombe z’ibiyaga n’imigezi ni umutungo rusange wa Leta, ntawemerewe kubukoresha atabihewe uruhushya na minisiteri ifite ibidukikije mu nshingano zayo. Ubutaka buri...
Rome, 7 December 2020 – In the face of a looming food crisis due to the COVID-19 pandemic, Germany has committed funds to the UN’s International...