Hi, what are you looking for?
Panorama Mu gihe Akarere ka Ngoma kari ku kigero cya 79.6% mu kugeza amashanyarazi ku baturage, ubuyobozi bwa Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu REG, ishami...
Panorama Kigali, 18th August 2025 – The Development Bank of Rwanda Plc (BRD) has earned two globally recognized ISO certifications, ISO/IEC 27001:2022 for Information...
Rene Anthere Preparatory works for the second phase of the Gabiro Agribusiness Hub which covers 10,000 hectares, in Nyagatare and Gatsibo Districts. A support...
Panorama Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), gitangaza ko ku wa Gatanu tariki 15 Kanama 2025, cyatanze miliyoni 464 z’amafaranga y’u Rwanda ku baguzi ba nyuma...
Raoul Nshungu Urwego rw’igihugu rw’iterambere – RDB, ruvaguga ko umuhango wo kwita amazina abana 40 b’ingagi uzabera mu Kinigi mu karere ka Musanze tariki...
Hafi y’ibiyaga bihangano bitandukanye byo mu Karere ka Nyagatare iyo uhageze ku minsi baroberaho amafi yo muri ibyo biyaga, uhasanga abantu benshi bategereje kugura...
Rene Anthere Inka zisaga 230. 000 zo mu Karere ka Nyagatare zatangiye gukingirwa indwara y’igifuruto n’iy’uburenge mu rwego rwo guhangana n’indwara z’ibyorezo zikunze kwibasira...
Raoul Nshungu Ubuyobozi bw’ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC) kivuga ko kigifite ibibazo byo guha serivisi z’amazi abatuye Umujyi wa Kigali, kuko kibasha gutanga...
Panorama Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi hamwe n’abafatanyabikorwa bayo, kuri uyu wa Gatatu batangije gahunda y’igihugu y’ishoramari mu buhinzi bugezweho bwihanganira ihindagurika ry’ikirere. Iyi gahunda yatangijwe...
Panorama Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi hamwe n’abafatanyabikorwa bayo, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Kamena 2025, batangije gahunda y’igihugu y’ishoramari mu buhinzi bugezweho bwihanganira...
Banki Nkuru y’igihugu yashyize hanze itangazo ry’integuza ku bihano bizatangwa n’abatanga serivisi mu Rwanda bakishyuza mu mafaranga y’amahanga (Amadovize) kandi nta burenganzira babifitiye. Ihazabu...
Panorama Abahinzi b’imboga n’imbuto barenga ibihumbi mirongo itatu bishimira kuba basigaye bahinga bizeye isoko ry’umusaruro wabo. Ibi byabahanduriye imibereho irushaho kuba myiza kuko bahingira...
Panorama Mu Mujyi wa Musanze ku muhanda Kigali- Rubavu, ugana ku ishuri rikuru rya Polisi y’igihugu, mu kibanza cya Hegitari ebyiri, hatangiye kubakwa icyanya...
Raoul Nshungu Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) iravuga ko mu ngengo y’Imari ya 2025-2026 hari ibicuruzwa byasonewe umusoro ahandi uragabanywa. Ku wa 12 Kamena 2025,...