Ibitekerezo
Written by Malliavin Nzamurambaho Agriculture is considered an essential ingredient for economic growth in a country. It has a 4% share in global GDP....
Hi, what are you looking for?
Written by Malliavin Nzamurambaho Agriculture is considered an essential ingredient for economic growth in a country. It has a 4% share in global GDP....
Rukundo Eroge Abaturage bo mu turere twa Gisagara na Nyanza barishimira ko igishanga bahingamo cyatangiye gutunganywa, bikazatuma umusaruro wiyongera kuko kugihingamo kidatunganyije byabagoraga cyane,...
Banki y’Isi ivuga ko kugira ngo u Rwanda rugere ku cyerekezo 2050 bisaba kuzamura ubumenyi bw’abantu bari mu kigero cyo gukora. Ibi bikubiye mu...
Umusaruro uturuka mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro woherezwa hanze y’igihugu, waragabanutse ku kigero 2%, mu gihembwe cya 2 cy’uyu mwaka wa 2024. Raporo y’Ikigo cy’Ibarurishamibare...
Panorama Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ibikorwaremezo Bwana Olivier Kabera yasuye urugomero rw’amashanyarazi rurimo kubakwa rwa Nyabarongo II, asaba ko imirimo yo kurwubaka yihutishwa...
The adoption of improved agricultural technologies and innovations is critical to enhancing livelihood of farmers. Developing digital solutions tailored to local needs and languages...
Mu Karere ka Nyamasheke, mu Ntara y’i Burengerazuba, ingo zirenga ibihumbi makumyabiri na bitandatu (26,000) zitari zifite amashanyarazi zigiye kuyahabwa mu rwego rwo kwihutisha...
Rukundo Eroge Ibihingwa birimo ibishyimbo, ibirayi n’ibigori biri mu byo u Rwanda rutifuza kongera gutumiza mu mahanga mu myaka itanu iri imbere nk’uko byari...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente atangaza ko Afurika ihomba byinshi bitewe no kudashyira imbere ubuhinzi, birimo amafaranga akoreshwa mu kwita ku ngaruka ziterwa n’ibura...
ACAT advocates for agricultural technology transfer, uptake of innovations and practical solutions to address farmer productivity challenges in Africa. The Conference highlights the centrality...
Abashakashatsi n’inzobere mu rwego rw’ubuhinzi basanga inzego bireba zikwiye kugira imikoranire ishyira imbere inyungu z’abahinzi, hakurwaho imbogamizi bafite kugira ngo umusaruro ubukomokaho urusheho kwiyongera....
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), kigaragaza ko ibiciro muri rusange mu Rwanda byagabanutseho 5.4% muri Nyakanga 2024 ugereranyije n’ukwezi kwa Nyakanga 2023. Ibi bikubiye muri...
I Kigali hateraniye Inama y’Ihuriro ry’Ubuhinzi n’Ibiribwa (Africa Food System Forum) yitezwe kuganirwamo zimwe mu ngingo zireba uru rwego zirimo kurebera hamwe uburyo bwo...
Rwanyange Rene Anthere Mu karere ka Rusizi, abaturage barashimira Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) mu bikorwa yakoze bigamije guhindura ubuzima n’imibereho yabo harimo...
Abatuye ku kirwa cya Nkombo mu Karere ka Rusizi, bishimira ko bahawe imbuto n’inyongeramusaruro hakiri kare kugira ngo bitegure neza iki gihembwe cy’ihinga cya...