Iterambere
U Rwanda rwongeye kugaragariza Umuryango w’Abibumbye (Loni) aho rugeze rushyira mu bikorwa Intego z’Iterambere Rirambye (SDGs), rugaragaza ko hari intambwe imaze guterwa mu kuzamura...
Hi, what are you looking for?
U Rwanda rwongeye kugaragariza Umuryango w’Abibumbye (Loni) aho rugeze rushyira mu bikorwa Intego z’Iterambere Rirambye (SDGs), rugaragaza ko hari intambwe imaze guterwa mu kuzamura...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI), ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa n’Ubuhinzi (FAO), batangije gahunda y’imikoranire y’imyaka ine igamije kongera ishoramari mu rwego...
Ubwizigame bw’abanyamigabane muri RNIT Iterambere Fund bwiyongereye ku buryo bugaragara mu myaka 10 ishize, bugera kuri miliyari 149.95 Frw mu 2026, buvuye kuri miliyari...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, arasaba abashoramari b’Abanyarwanda guhindura imyumvire bakarushaho kugira intego nini mu bucuruzi, aho kunyurwa n’ibyo amaze kugeraho kandi bafite ubushobozi...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko Guverinoma y’u Rwanda yatangije gahunda nshya yo gutumiza hamwe ibikomoka kuri peteroli bitunganijwe, igamije koroshya uburyo bwo...
Nadine Evelyne UMUBYEYI During the first 3 quarters of the fiscal year (July 2025 to March 2026), the economy of Rwanda expanded by...
Rene Anthere Rwanyange Ikigo cy’imari ASA International cyatangaga inguzanyo bakigana, cyane cyane umwihariko ugashyirwa ku bagore n’abakobwa binyuze mu matsinda, cyatangije serivisi nshya yo...
U Rwanda rwiteze indi ntambwe ikomeye mu rwego rw’ubwikorezi bwo mu kirere, aho icyiciro cya mbere cy’Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Bugesera giteganyijwe gutangira kwakira...
Ubukungu bw’u Rwanda bwiyongereyeho 10% mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2026, bitewe ahanini n’izamuka ry’umusaruro mu nzego z’ingenzi zirimo serivisi, inganda n’ubuhinzi. Ibi...
Mu gihe ubuvumvu bwari busanzwe bufatwa nk’umwuga ukorwa cyane n’abagabo, abagore bo mu Karere ka Ngororero bavuga ko kuwinjiramo byabahinduriye imibereho, kuko bubafasha kubona...
Rene Anthere Rwanyange Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu REG igaragaza ko hatagize igihinduka intego yo kuzuza urugomero rw’amashanyarazi rwa Nyabarongo ya II mu mpera...
Abacuruza n’abatunganya ikawa bo mu Rwanda, bafatanyije n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga bikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB), bitabiriye imurikagurisha mpuzamahanga rya...
By Malliavin Nzamurambaho The next test of Rwanda’s development model is not building more it is ensuring every franc creates value For more than...
Mu muhango wo guha impamyabushobozi abakobwa n’abagore 287 barangije amahugurwa y’umwuga w’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolee, yashimye intambwe bamaze gutera...
Sosiyete BasiGo ikomeje kwagura ibikorwa byayo mu Rwanda nyuma yo kumurika bisi nshya 18 zikoresha amashanyarazi, zizatangira gutwara abagenzi mu muhanda wa Kigali-Rusizi, umwe...