Amakuru
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umuyobozi w’Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza, Commonwealth, abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, yashimiye abantu bose bagize uruhare...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umuyobozi w’Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza, Commonwealth, abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, yashimiye abantu bose bagize uruhare...
Perezida Paul Kagame atangaza ko nyuma y’imyaka 28 Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe, u Rwanda ari igihugu cyahindutse haba mu mitekerereze y’abagituye, mu mitima yabo...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bakiriye muri Village Urugwiro Igikomangoma cya Wales Charles Philip, gihagarariye Umwamikazi w’u Bwongereza...
Perezida Paul Kagame witabiriye inama y’ihuriro ry’ubucuruzi mu Muryango wa Commonwealth, asanga ibihugu bigize uyu muryango bikwiriye gusangira n’iterambere ry’ubukungu kugira ngo bizagire ejo...
Abantu batari bake bibaza impamvu nyuma y’imyaka 61, aribwo Ababiligi bafashe icyemezo cyo kugarura iryinyo rya Patrice Emery Lumumba ndetse n’icyo bivuze. Dr Tito...
Madamu Jeannette Kagame yavuze ko ku bufatanye n’ubushake bw’inzego zose, bishoboka kandi byihutirwa ko ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abagore n’abakobwa ryaranduka. Nk’uko tubikesha...
Ku mugoroba wo ku itariki ya 15 Kamena 2022, Abanyarwanda batuye mu Gihugu cya Gambia bibutse ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
Kuri uyu wa kane tariki ya 16 Kamena 2022, mu rukiko rw’i Paris mu Bufaransa, humviswe umutangabuhamya wasabwe n’ubushinjacyaha mu rubanza Laurent Bucyibaruta ukurikiranweho...
Mu iburanisha ry’urubanza rwa Laurent Bucyibaruta rikomeje mu gihugu cy’Ubufaransa, ku wa 2 Kanema 2022, abatangabuhamya bakomoka i Nyamagabe, babwiye urukiko ko Perefe Bucyibaruta yabasanze aho...
Mu mpera z’ukwezi kwa Gicurasi 2022 mu nzu Ndangamurage “Musée des Civilisations Noires” iri i Dakar muri Senegal, abahagarariye Ibihugu byabo muri Senegal n’inshuti...
Ku wa 30 Gicurasi 2022, i Paris mu Gihugu cy’Ubufaransa, abatangabuhamya bakomoka i Nyamagabe, ahahoze ari Perefegitura ya Gikongoro, babwiye urukiko koPerefe Bucyibaruta yashimiye interahamwe...
Muri sosiyete hari abana bafite ubumuga bakirwa nk’umutwaro ku muryango. Ababyeyi barangwa no kwitana ba mwana ngo ni uko bafite umwana ufite ubumuga bagahitamo...
Abahanzi, abacuranzi ndetse n’abaririmbyi basusurutsa abantu mu mahoteli, utubari na Resitora bishyize hamwe bashinga sosiyete ibyara inyungu yitwa “VANGINGANZO CBC” bagamije kwikura mu bukene....
Bamwe mu batangabuhamya bitabajwe mu rubanza rwa Bucyibaruta Laurent wahoze ari Perefe wa Gikongoro, rurimo kubera i Paris mu rukiko rwa rubanda, bavuga ko kwiringira perefe Bucyibaruta...
Kubaka Afurika yihagije ku biribwa hakemurwa ibibazo by’imirire mibi n’imihindagurikire y’ikirere, bisaba ubufatanye hagati ya za Guverinoma n’abikorera. Ni inkingi nyamukuru igarukwaho mu cyumweru...