Rwanda
Bamwe mu babyeyi batishoboye bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko bagiterwa ipfunwe no kuba barabyaye abana bafite uburwayi bwo mu mutwe, bigera n’aho...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu babyeyi batishoboye bo mu Karere ka Rubavu bavuga ko bagiterwa ipfunwe no kuba barabyaye abana bafite uburwayi bwo mu mutwe, bigera n’aho...
Leta y’u Rwanda iramara abanyarwanda impugenge ko badakwiye gutinya gufata urukingo rwa COVID-19 doze ya gatatu kuko ari urwongerera ubushobozi izatewe mbere, nk’uko n’izindi...
Ibyaha byiganjemo ibiyobyabwenge n’ubujura bikorwa cyane cyane n’urubyirko byatumye mu mezi atatu gusa imfungwa n’abagororwa biyongeraho abasaga 1300; Ubu bose hamwe bageze ku 72,799....
Mu ijoro ryo ku wa 01 ukuboza 2021, mu mujyi wa Muhanga umugore bivugwa ko yicuruza yakatishije mugenzi we ikimene cy’icupa muri nyiramivumbi bapfa...
Bamwe mu babyeyi batwite n’abonsa bo mu karere ka Musanze bavuga ko batagifite impugenge zo kwikingiza COVID-19, kuko basobanukiwe ko batatsinda iki cyorezo batikingije....
Mu rubanza rukomeje kubera mu Rukiko rwa rubanda (Cour d’Assises) I Paris, Muhayimana Claude yasobanuye urugendo rwe agera mu Bufaransa ndetse n’uko yinjiye mu...
Ku wa Kane tariki ya 25 Ugushyingo 2021 mu kigo cy’imyitozo ya Gisirikare giherereye i Nasho mu Karere ka Kirehe “Nasho Basic Military Training Center” hasojwe imyitozo yari...
Ku wa kane tariki ya 25 Ugushingo 2021, Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC), ku bufatanye n’ikigo kita ku ndwara zitandura NCD (Non-Communicable...
The Parliament of Rwanda is set to host the 17th Conference of Speakers and Presiding Officers of the Commonwealth (CSPOC) – Africa Region. The Conference...
Mu karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Kamegeri, haravugwa inkuru ibabaje cyane bitewe n’impanuka y’ikamyo yahabereye mu rukerera rw’uyu munsi tariki ya 19 Ugushyingo 2021,...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakomoje ku kibazo cy’umuvuduko wo mu muhanda washyinzwe ku kirometero 40 ku isaha mu mujyi wa Kigali, avuga ko...
Umuryango Imbuto Foundation ku bufatanye na Minisiteri y’ubuzima (MINISANTE), kuri uyu wa Kane tariki 18 Ugushyingo 2021, batangije Icyumweru cyo kwita ku buzima bw’umwana...
Bwa mbere mu Rwanda hatangiye gukorwa amarushanwa yo gusoma no kwandika hifashishijwe ibitabo byanditse mu Kinyarwanda ariko byemejwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe Uburezi -REB. Nubwo...
Umuturage wo mu karere ka Kayonza witwa Rutayisire Boniface, yandikiye Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu amusaba kuzirikana abantu bose bari biyamamarije kujya mu nama Njyanama z’uturere,...
Ntezirembo Jean Claude, wahoze ayobota Umurenge wa Muhanga washinjwaga icyaha cyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato akanamwanduza indwara idakira yagizwe umwere. Uyu wahoze...