Amakuru
Mu gihe hagiye gutangira igihe cy’ubukonje ku batuye igice cy’isi cy’Amajyaruguru, Ishami ry’Umuryango w’Abimbumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) riraburira abantu ngo bafate inkingo z’ibicurane...
Hi, what are you looking for?
Mu gihe hagiye gutangira igihe cy’ubukonje ku batuye igice cy’isi cy’Amajyaruguru, Ishami ry’Umuryango w’Abimbumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) riraburira abantu ngo bafate inkingo z’ibicurane...
Akarere ka Bugesera ni agace gakunze kugira ikibazo cy’ibura ry’amazi. Abaturage bo mu murenge wa Mareba babona ko gufata amazi y’imvura no kuyabika ari...
Ubwo bamwe mu basirikare bavuye mu butumwa bw’amahoro bashyikirizaga inkunga y’urusyo rw’ibinyampeke, imiryango y’abamugariye ku rugamba batuye mu mudugudu w’Icyitegerezo wa Ayabaraya, bashimiwe iyo...
Abacuruzi bo mu isoko rishya rya Nyamagabe bahangayicyishijwe n’igiciro cyo gukodesha ibibanza kiri hejuru, basanga bibagusha mu gihombo aho kunguka ngo batere imbere. Bifuza...
Umuryango CDE Rwanda (Center for Development and Enterprises) watangije umushinga ugamije gufasha abagore na guverinoma kugabanya imikorere y’ubucuruzi butemewe, cyane cyane gucururiza ku mihanda....
Abakora mu bijyanye n’indwara zitandura bavuga ko siporo ari umuti ikaba n’urukingo rw’indwara z’umutima bityo abantu bakwiye gukora ibishoboka byose bakirinda izo ndwara zikomeje...
Ku wa Gatanu, tariki ya 25 Nzeri 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME....
“Conservation, tourism, and community development go hand in hand. Each reinforces the other,” President Paul Kagame in the, for the first time, virtual ceremony...
U Bubiligi bwahaye u Rwanda inkunga y’imodoka zitwara indembe “Imbangukiragutabara” 40 zizifashishwa mu bikorwa by’ubuvuzi. Zizahabwa ibitaro bitandukanye byo hirya no hino mu gihugu, ...
Abaturage bo mu murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke bari basanzwe bivuriza ku kigo nderabuzima cya Yove bishimira ko bahawe imbangukiragutabara ariko bakavuga...
Mu gice cya kabiri twabagejejeho ibirebana n’ushobora kuba Umugaragu cyangwa Shebuja. Turakomeza rero n’igice cya gatatu. Uko ubuhake bwari buteye Umwanditsi Nizeyimana Innocent, mu...
Umuryango wa Habarugira Amon na Uwizeyimana Vestine wo mu mudugudu wa Yove, Akagari ka Mutongo mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke, wahawe...
Nyuma y’uko urubura ruvanze n’umuyaga byangije ibikorwaremezo n’imirima bikanasenyera imiryango irenga 40 y’abaturage bo mu mirenge ya Cyanzarwe na Busasamana mu karere ka Rubavu,...
Hailemariam Desalegn wahoze ari Minisitri w’Intebe wa Ethiopia ubu akaba ari Umuyobozi w’inama y’Ubutegetsi y’Ihuriro Nyafurika ku Iterambere ry’ubuhinzi (AGRA), arashima imbaraga u Rwanda...
Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’ibihugu bikoresha icyongereza “Commonwealth” bemeje ko bazahurira mu Rwanda mu nama izaba tariki 21 Kamena 2021. Itangazo ryasohowe n’Ubunyamabanga bw’uyu...