Amakuru
Mu Mudugudu wa Gakoni, Akagari ka Karama mu Murenge wa Ruhashya, mu Karere ka Huye, habaye imvururu ubwo abayobozi b’inzego z’ibanze bari bagiye gukora...
Hi, what are you looking for?
Mu Mudugudu wa Gakoni, Akagari ka Karama mu Murenge wa Ruhashya, mu Karere ka Huye, habaye imvururu ubwo abayobozi b’inzego z’ibanze bari bagiye gukora...
U Rwanda rwashyizeho politiki nshya yorohereza ingendo ku Banyafurika bose, aho abaturage b’ibihugu bigize Umuryango w’Ubumwe bw’Afurika (AU) bemerewe kwinjira mu gihugu bidasabye visa....
Umugabo witwa Shoji Morimoto w’imyaka 40 y’amavuko wo mu Buyapani, mu 2018 yatangije umushinga wo kumukodesha kugira ngo mwirirwane ariko nta kindi kintu umwitezeho....
Jackson Kwizera Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, atangaza ko Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kurwanya iterabwoba mu Ntara ya...
Jackson Kwizera Dubai yazimije inkongi y’umuriro hafi y’ikibuga cy’indege cyayo ihagarika by’agateganyo ingendo z’indege, mu gihe Donald Trump yavuze ko Iran ishaka kuganira. Isiraheli...
Nk’uko bimaze iminsi bimeze mu Rwanda, Kenya nayo iri kugusha imvura nyinshi ku buryo imyuzure yateje imaze guhitana abantu 66 abandi 2000 bahungishwa ingo...
Ibihe byiza mwe mwese mudahwema kubana natwe mu makuru yose tubagezaho umunsi kuwundi kuri uru rubuga, muri iki cyumweru dusoje habaye ibintu byinshi bitandukanye,...
Ikigo cy’itumanaho MTN Rwanda cyatangaje ko mu mwaka wa 2025 cyungutse bishimishije nyuma yo guhomba mu mwaka wa 2024. Kuri iyi nshuro, iki kigo...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Jamaica, Antonette Wemyss-Gorman, yashimiye uruhare rw’Ingabo z’u Rwanda zagiye gutanga ubufasha muri iki gihugu nyuma y’ingaruka zatewe n’inkubi y’umuyaga yiswe...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi muri Nigeria, Olatunji Ridwan Disu, yasabye abaturage guhindura imyumvire bafite ku banyamakuru, abasaba kureka kubafata nk’abasabirizi ahubwo bakabubaha nk’abanyamwuga bafite...
Donald Trump yasabye u Bwongereza n’ibindi bihugu kohereza ubwato bw’intambara mu bunigo bwa Hormuz kugira ngo bufashe kurinda inzira y’ingenzi ikoreshwa mu gutwara ibicuruzwa...
Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Bobi Wine, yatangaje ko yamaze kuva mu gihugu nyuma yo kuvuga ko yari amaze igihe yihishe kubera igikorwa...
Guverinoma ya Rwanda yatangaje ko iri gutegura gahunda yo kwimura amagororero amwe n’amwe asanzwe ari mu mijyi rwagati. Ibi bigamije gutanga umwanya uhagije wo...
Mu minsi mike iri imbere, abakunzi b’umuziki mu Rwanda ndetse n’abo mu bindi bihugu bihana imbibi na rwo bategereje igitaramo gikomeye cyane. Ni igitaramo...
Kigali – Rwanda, hatangijwe gahunda nshya igamije gufasha ibihugu bya Afurika guteganya no guhangana n’indwara zishobora guterwa n’imihindagurikire y’ikirere, yiswe Africa Climate–Health Desk, ikazajya...