Amakuru
Umutwe washyizwe ku rutonde rw’indi ikora iterabwoba wa Boko Haram wavuze ko kugira ngo urekure abaturage ba Tchad barindwi washimuse ugomba guhabwa €7600,000. Mu...
Hi, what are you looking for?
Umutwe washyizwe ku rutonde rw’indi ikora iterabwoba wa Boko Haram wavuze ko kugira ngo urekure abaturage ba Tchad barindwi washimuse ugomba guhabwa €7600,000. Mu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwasabye Abanyarwanda gufata kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 nk’inshingano zabo, rugaragaza ko ari igikorwa gishingiye ku mategeko kandi ko...
Mu gihe u Rwanda n’Isi muri rusange batangiye ibikorwa byo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye,...
Sebahizi Prudence uyobora Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda aherutse gutangaza ko lisansi na mazutu bikoreshwa buri munsi mu Rwanda byiyongereye cyane. Avuga ko byavuye kuri litiro...
Ikinyamakuru Umunota, cyanditse ko Tariki ya 6 Mata 1994 ari umunsi ufatwa nk’uwatangije mu buryo bweruye ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
Elon Musk na Larry Page ni abantu babiri bafite izina rikomeye mu bukungu n’ikoranabuhanga byo ku isi. Bose ni abashoramari, abashinzibikorwa, kandi ni bamwe...
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yatangaje ko iteganya kwakira abantu b’abanyamahanga birukanwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu masezerano mashya iki gihugu...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko iri gutegura gahunda izatuma abaturage batangira gukoresha gaz méthane ikurwa mu kiyaga cya Kivu mu guteka, bikazatangira gushyirwa mu...
Ibihe byiza mwe mwese tubana umunsi ku wundi mu makuru tubagezaho, nizere ko mwiriwe neza. Aya ni amwe mu makuru yaranze iki cyumweru dusoje:...
U Rwanda ruri mu bihugu byitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry’Ubukerarugendo riri kubera muri Pakistan, aho rukomeje kugaragaza ibyiza nyaburanga n’amahirwe ari mu bukerarugendo bwarwo, mu...
Muri Kenya, abayobozi batatu bakomeye mu rwego rw’ingufu bavuye mu mirimo yabo nyuma y’uko hatangiye iperereza ku micungire idahwitse y’ibikomoka kuri peteroli, cyane cyane...
Ibiciro by’ibicanwa byo mu ngo bikomeje kuzamuka mu bice bitandukanye by’u Rwanda, aho Gaz, amakara n’inkwi byiyongereye ku buryo bugaragara, bigashyira igitutu ku mibereho...
Nibura abarwayi 34 barwaye macinya(cholera) bari kwitabwaho mu bigo bibiri bivura iyo ndwara i Bujumbura. Ibi byatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima Rusange. Muri bo, 18...
RURA yashize hanze ibiciro bishya by’ingendo mu byerekezo byose by’igihugu:
Ku wa Gatanu, Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Emmanuel Ugirashebuja, afatanyije n’Umunyamabanga Mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB: Rwanda Investigation Bureau), Patrick Kabanda,...