Amakuru
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva ari i Bangui muri Centrafrique mu irahira rya Faustin Archange Touadéra uherutse gutorerwa kuyobora iki gihugu. Dr. Nsengiyumva yahagarariye...
Hi, what are you looking for?
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva ari i Bangui muri Centrafrique mu irahira rya Faustin Archange Touadéra uherutse gutorerwa kuyobora iki gihugu. Dr. Nsengiyumva yahagarariye...
Raporo ya 2026 yerekana ibipimo by’ishoramari ku Isi, izwi nka Baseline Profitability Index (BPI), yagaragaje u Rwanda nk’igihugu cya mbere ku Isi cyizewe gushorwamo...
Agace ka Kimihurura gaherereye mu Karere ka Gasabo, kagenda karushaho kugaragaza isura nshya y’iterambere, aho hubakwa inyubako z’ubucuruzi n’izo guturamo ziri ku rwego rwo...
Komiseri mu Muryango FPR Inkotanyi, Habonimana Charles, yagaragarije abanyamuryango ko batagomba gutegereza ko Umuyobozi w’Umuryango, Perezida Paul Kagame, ari we ubibutsa inshingano zabo, ahubwo...
Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu by’Abarabu bateranye ku Cyumweru, bafashe icyemezo cyo gushyigikira uwahoze ari Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Misiri, Nabil Fahmy, kugira ngo abe...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, mu ijoro rijigije ikamyo bita HOWO yagonze abantu bane barapfa, ibasanze mu gakamyoneti gato bita DYNA. Ababibonye bavuga ko iyo...
Ibihe byiza mwe mwese tubana umunsi ku wundi aha kuri Panorama, nizere ko iki cyumweru dusoje cyababereye amata n’ubuki, kandi n’abo kitagendekeye neza, muri...
Umugabo ukomoka mu Burundi wari usanzwe azwiho kuvuganira impunzi no kugaragaza ibibazo zihura na byo mu nkambi ya Kakuma Refugee Camp, amaze ibyumweru bibiri...
Abanyamuryango ba FPR Inkotanyi mu Karere ka Nyarugenge bakoze Inteko rusange, barinegura baganira uko bakongera imbaraga mu byo bakora ngo Akarere kabo n’igihugu muri...
Ubwo hakorwaga umuganda rusange usoza ukwezi kwa Gatatu waberaga mu karere ka Rulindo mu murenge wa Buyoga, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique, yifatanyije n’abaturage...
Abanyeshuri 28 biga icyiciro cya gatatu cya Kaminuza (Masters) n’abarimu babo baturutse muri Kaminuza yo mu Bwongereza yitwa SOAS University of London basuye Ikigo...
Abantu bagirwa inama yo kwita ku buzima bwo mu kanwa boza mu kanwa nibura gatatu ku munsi kandi bakoresheje uburoso n’umuti wabugenewe. Ntibakwiye kurenza...
Mu gikorwa cy’Umuganda rusange usoza ukwezi kwa Werurwe 2026, cyabereye mu Murenge wa Uwinkingi mu Karere ka Nyamagabe, abaturage bashimiwe ku ruhare rugaragara bagira...
Inzego zishinzwe guteza imbere abagore mu Rwanda zongeye kubashishikariza kugira uruhare rugaragara mu myanya y’ubuyobozi, cyane cyane ku rwego rw’inzego z’ibanze aho bagaragara ari...
Kwizera Jackson Umujyi wa Kigali watanze ibisobanuro birambuye ku cyemezo cyo kurandura ibishyimbo, uvuga ko iki gikorwa cyashyigikiwe n’uko byari byarahinzwe mu buryo bunyuranyije...