Amakuru
Igisirikare cya Tchad cyatangaje ko igitero cyagabwe n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram, cyahitanye abasirikare 24 b’icyo gihugu, abandi 26 barakomereka bikomeye. Mu itangazo...
Hi, what are you looking for?
Igisirikare cya Tchad cyatangaje ko igitero cyagabwe n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram, cyahitanye abasirikare 24 b’icyo gihugu, abandi 26 barakomereka bikomeye. Mu itangazo...
Leta y’u Bwongereza yatangaje ingamba nshya zigamije gutabara urwego rw’utubari n’ahakirirwa abashyitsi, ruri mu bibazo bikomeye byatewe n’izamuka ry’ibiciro n’imisoro. Muri izo ngamba harimo...
Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda bwatangaje ko hari intambwe imaze guterwa mu guhuza ireme ry’uburezi n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, aho bamwe mu banyeshuri barangiza...
Urukiko rwa Masaka muri Uganda rwafashe icyemezo ku Banyarwanda babiri bari bakurikiranweho icyaha cyo kuyobya abaturage, rubahamya gutangaza amakuru atari yo ku ndwara ya...
Mu gihe Uganda iri kwitegura kuganira ku mushinga w’itegeko witwa “Protection of Sovereignty Bill”, imiryango itegamiye kuri Leta n’izindi nzego zitandukanye zakomeje kugaragaza impungenge,...
Inzego z’ubutaka mu Rwanda zivuga ko ubwinshi mu butaka Abanyarwanda batunze, ari buto kuko buri munsi ya ½ cya hegitari. Bwose hamwe barabubaruye basanga...
Akarere ka Musanze kari mu myiteguro yo kwakira umuhango uzwi ku izina rya Kwita Izina, uteganyijwe ku wa Gatanu tariki ya 4 Nzeri 2026....
Written by Malliavin NZAMURAMBAHO The global community is facing a deepening crisis as tensions in the Middle East continue to shake not only the...
Polisi ya Uganda yatangaje ko yafashe abantu 25 bakomoka mu Rwanda bakekwaho gucukura amabuye y’agaciro mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu Karere ka Kisoro, hafi...
Urwego Rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) rwatangaje ko ruzafunga by’agateganyo inyubako rukoreramo, mu rwego rwo gutangira imirimo yo kuyivugurura, guhera ku itariki ya 5...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye mugenzi we wa Tanzania, Dr. Samia Suluhu Hassan, ku buryo yamwakiriye mu ruzinduko rw’akazi yagiriye muri...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yasesekaye mu mujyi wa Dar es Salaam muri Tanzania mu ruzinduko rw’akazi ruteganyijwe kumara umunsi umwe, rugamije...
Mu gihe Kiliziya Gatolika ku Isi ikomeje guhura n’ikibazo cy’igabanuka ry’abakirisitu, cyane cyane urubyiruko, hari gukorwa ibiganiro bigamije gushaka ibisubizo bishya byafasha kongera kubegereza...
Al Ahly yo mu Misiri yaraye ibujije Police VC amahirwe yo gutwara igikombe cya Shampiyona nyafurika ya Volley mu mukino wa nyuma waraye ubereye...
Abunganira abantu mu by’amategeko bazwi nk’abavoka, basoje amahugurwa y’iminsi itatu yari agamije kubongerera ubumenyi ku gukemura amakimbirane mu bwumvikane, hirindwa ko agera mu nkiko...