Rwanda
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ingengo y’imari y’umwaka wa 2026/2027 iziyongera ku kigero kigaragara, ikagera kuri miliyari 7.796,3 Frw, aho izamuka rya miliyari 844,2...
Hi, what are you looking for?
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ingengo y’imari y’umwaka wa 2026/2027 iziyongera ku kigero kigaragara, ikagera kuri miliyari 7.796,3 Frw, aho izamuka rya miliyari 844,2...
Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, ari i Kampala ahagarariye Perezida Paul Kagame mu muhango wo kurahira wa Perezida Museveni uherutse gutorwa indi manda ya...
Amb.Olivier Patrick Nduhungirehe ushinzwe ububanyi n’amahanga bw’u Rwanda niwe uyoboye intumwa z’u Rwanda zitabiriye inama ihuza Afurika n’u Bufaransa iri bubere i Nairobe guhera...
Mu gice cya kabiri cy’ukwezi kwa Gicurasi 2026 (kuva tariki ya 11 kugeza ku ya 20), mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero...
Umwarimu wigisha ku ishuri rya GS Gatagara riherereye mu Karere ka Nyabihu yajyanye ikirego mu Rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), asaba kurenganurwa nyuma yo kuvuga...
Rwanda rwatoranyijwe mu kugira uruhare rukomeye mu nama ya Afurika yiga ku iterambere n’ishoramari, Africa Forward Summit, aho ruzayobora ibiganiro byibanda ku guteza imbere...
Rene Anthere Rwanyange Abayobozi n’abakozi b’Uruganda Spiro Rwanda rukora moto zikoresha amashanyarazi, basuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Ruhanga mu murenge wa Rusororo, Akarere ka...
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko iri gutegura uburyo bwo kongera serivisi z’ingendo rusange, hashyirwaho bisi nto zizajya zinjira mu duce dutuwemo n’abaturage kugira ngo barusheho...
Ibitaro bishya bya Ruhengeri Referral Hospital biteganyijwe kubakwa mu buryo bugezweho cyane, bikazasimbura inyubako zishaje zimaze imyaka irenga 80 zikaba zarubatswe hagati ya 1939...
Pope Leo XIV yagiranye ibiganiro byihariye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa America, Marco Rubio, mu nama yabereye mu Ngoro ya Vatican Apostolic Palace kuri...
Rene Anthere Rwanyange Kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Gicurasi 2026, hirya no hino mu gihugu hatangijwe amarushanwa yo Gusoma ibitabo bitoza abana...
Minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Guillaume Ngefa, yabwiye Sena ko indishyi Uganda yahaye igihugu cyabo kubera ibyaha ingabo zayo zakoreye mu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje urupfu rwa Karasira Aimable Uzaramba, wavugwaho kuba yitabye Imana nyuma yo kunywa imiti myinshi kurenza urugero yari asanzwe afata...
Urwego rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu bane bakekwaho kunyereza umutungo wa Leta mu ishuri ry’imyuga rya Rubengera II TSS...
Perezida Kagame yageze i Gaborone muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri ruzaganirirwamo uko igihugu cye cyakorana na Botswana mu mishanga ikomeye. Akigera yo yakiriwe...