Rwanda
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko iri gutegura uburyo bwo kongera serivisi z’ingendo rusange, hashyirwaho bisi nto zizajya zinjira mu duce dutuwemo n’abaturage kugira ngo barusheho...
Hi, what are you looking for?
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangaje ko iri gutegura uburyo bwo kongera serivisi z’ingendo rusange, hashyirwaho bisi nto zizajya zinjira mu duce dutuwemo n’abaturage kugira ngo barusheho...
Ibitaro bishya bya Ruhengeri Referral Hospital biteganyijwe kubakwa mu buryo bugezweho cyane, bikazasimbura inyubako zishaje zimaze imyaka irenga 80 zikaba zarubatswe hagati ya 1939...
Pope Leo XIV yagiranye ibiganiro byihariye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa America, Marco Rubio, mu nama yabereye mu Ngoro ya Vatican Apostolic Palace kuri...
Rene Anthere Rwanyange Kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Gicurasi 2026, hirya no hino mu gihugu hatangijwe amarushanwa yo Gusoma ibitabo bitoza abana...
Minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Guillaume Ngefa, yabwiye Sena ko indishyi Uganda yahaye igihugu cyabo kubera ibyaha ingabo zayo zakoreye mu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje urupfu rwa Karasira Aimable Uzaramba, wavugwaho kuba yitabye Imana nyuma yo kunywa imiti myinshi kurenza urugero yari asanzwe afata...
Urwego rw’Ubugenzacyaha mu Rwanda RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu bane bakekwaho kunyereza umutungo wa Leta mu ishuri ry’imyuga rya Rubengera II TSS...
Perezida Kagame yageze i Gaborone muri Botswana mu ruzinduko rw’iminsi ibiri ruzaganirirwamo uko igihugu cye cyakorana na Botswana mu mishanga ikomeye. Akigera yo yakiriwe...
Igisirikare cya Tchad cyatangaje ko igitero cyagabwe n’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa Boko Haram, cyahitanye abasirikare 24 b’icyo gihugu, abandi 26 barakomereka bikomeye. Mu itangazo...
Leta y’u Bwongereza yatangaje ingamba nshya zigamije gutabara urwego rw’utubari n’ahakirirwa abashyitsi, ruri mu bibazo bikomeye byatewe n’izamuka ry’ibiciro n’imisoro. Muri izo ngamba harimo...
Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda bwatangaje ko hari intambwe imaze guterwa mu guhuza ireme ry’uburezi n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, aho bamwe mu banyeshuri barangiza...
Urukiko rwa Masaka muri Uganda rwafashe icyemezo ku Banyarwanda babiri bari bakurikiranweho icyaha cyo kuyobya abaturage, rubahamya gutangaza amakuru atari yo ku ndwara ya...
Mu gihe Uganda iri kwitegura kuganira ku mushinga w’itegeko witwa “Protection of Sovereignty Bill”, imiryango itegamiye kuri Leta n’izindi nzego zitandukanye zakomeje kugaragaza impungenge,...
Inzego z’ubutaka mu Rwanda zivuga ko ubwinshi mu butaka Abanyarwanda batunze, ari buto kuko buri munsi ya ½ cya hegitari. Bwose hamwe barabubaruye basanga...
Akarere ka Musanze kari mu myiteguro yo kwakira umuhango uzwi ku izina rya Kwita Izina, uteganyijwe ku wa Gatanu tariki ya 4 Nzeri 2026....