Amakuru
Perezida Paul Kagame ati “Après tout les faits sont têtus”. Arongera ati “Sisi si migomba mifupi” ndetse yongeraho mu ruhame abwira Umunyamakuru ati “uzabigishe...
Hi, what are you looking for?
Perezida Paul Kagame ati “Après tout les faits sont têtus”. Arongera ati “Sisi si migomba mifupi” ndetse yongeraho mu ruhame abwira Umunyamakuru ati “uzabigishe...
Abaturage b’uyu murenge kimwe n’ahandi mu gihugu hose ku wa 04 Nyakanga 2023 ishema n’isheja barikumwe n’ubuyobozi bw’akarere n’umujyi wa Kigali bifatanyije mu kwishimira...
Ihuriro ry’ibigo bikora isuku n’isukura mu Rwanda, ASCCOR (Association of Cleaning Companies of Rwanda), basaba ko Guverinoma ikwiye guca akajagari kaba mu masoko y’isuku,...
Bamwe mu baturage bo mu kagari ka Sabusaro, Umurenge wa Kansi mu karere ka Gisaga, barishimira ibiro bishya by’akagari bubakiwe ariko na bo babigizemo...
Mu kwizihiza ku nshuro ya 29 Isabukuru, ku wa 04 Nyakanga 2023, urubyiruko rwo mu Kagari ka Rugando, Umurenge wa Kimihurura mu karere ka...
Abaturage bo mutugari dutandukanye tugize Umurenge wa Ngoma, mu karere ka Huye basabwa buri wese uruhare rwe mu gukomeza gutera imbere kw’igihugu, ahereye mu...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yibukije urubyuruko kumva ko rufite inshingano ikomeye yo gusigasira amateka yo kwibohora yanditswe mu maraso y’urubyiruko bagenzi babo rwitangiye...
Abakozi b’umurenge wa Kansi mu karere ka Gisagara, abahagarariye ibyiciro byihariye, abahagarariye itorero ADEPR, IBUKA, ibigo bitanderabuzima, ibigo by’amashuri n’abandi baturage mu ngeri zinyuranye...
Mu mirenge 14 igize Akarere ka Huye, inzu 282 zarasanwe ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye, mu mwaka w’ingengo y’imari 2022-2023. Aya makuru yatangajwe ku wa...
Abakozi b’ibitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB) baremeye inka 10 abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bakiri mu nzira yo kwiyubaka, bo mu mirenge...
By Jeanne d’Arc Munezero For many people with various immobility problems, access to toilet facilities is still a challenge. Many latrines are designed for...
Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice, asaba urubyiruko rwo mu karere ka Gisagara n’urwo mu ntara y’Amajyepfo muri rusange, kwirinda kugendera mu bigare bibashora mu...
Ku cyumweru tariki ya 25 Kamena 2023, Abakunzi ba APR FC n’Abafana babarizwa muri Umurava Fan Club, basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Muyumbu...
Tariki ya 24 Kamena 2023, Abanyarwanda baba muri Senegali bakoze urugendo rwo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994banagezwaho ibiganiro ku itegurwa rya...
Abaturage bo mu mirenge 14 igize akarere ka Huye, barashishikarizwa gukomeza kubyaza umusaruro amahirwe babona binyuze mu nkunga zinyuranye bagenerwa n’abafatanyabikorwa, bakikura mu bukene....