Amakuru
Umujyanama wihariye wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano Gen. James Kabarebe arasaba abikorera kongera umurego mu byo bakora, kuko ubukungu bw’igihugu buri mu biganza...
Hi, what are you looking for?
Umujyanama wihariye wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano Gen. James Kabarebe arasaba abikorera kongera umurego mu byo bakora, kuko ubukungu bw’igihugu buri mu biganza...
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof Bayisenge Jeannette, yavuze ko umugambi wo kwibasira by’umwihariko abagore n’abana mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi, bigaragaza umugambi mubisha...
Banki nkuru y’igihugu cy’u Burundi irateganya igisubizo ku ibura ry’amafaranga y’amahanga «Devises» ku isoko ryo muri icyo gihugu, kugira ibikomoka kuri Peteroli bishobore kuboneka....
Umukobwa w’inkumi wakoraga mu rugo bivugwa ko yasanzwe asambana na shebuja, bamutoye muri Nyabarongo yapfuye. Ni mu murenge wa Murambi, aho umukowa wakoraga mu rugo...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahagaritse ku mirimo Hon. Bampiriki Edouard, wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco. Itangazo dukesha Ibiro...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Gicurasi 2022, inkangu yaridutse ifunga umuhanda Ngororero – Mukamira, inasenya inzu indwi z’ubucuruzi. Nk’uko...
Bamwe mu bava mu bigo ngororamuco bavuga ko kuba bagororwa ntibabone imiryango ibakira cyangwa ubushobozi bwo gushyira mu bikorwa ibyo bigishijwe, ari kimwe mu...
Umugaba w’ingabo zirwanira ku butaka mu gihugu cya Uganda, akaba n’umujyanama mu bya Gisirikare wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, Gen Muhoozi kaineruga aribaza niba...
Uyu munsi ni kuwa Mbere tariki 2 Gicurasi 2022 ni umunsi wa 122 mu minsi igize umwaka hakaba hasigaye iminsi 243 ngo umwaka wa...
Ku wa Gatandatu, tariki ya 30 Mata 2022, muri Kigali Arena mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali habereye Inama Nkuru ya 15 y’Umuryango...
Bakoresha, Bakozi bagenzi banjye, bafatanyabikorwa mwese, Tubanje kubifuriza Umunsi Mukuru mwiza w’Umurimo wizihizwa ku isi hose buri tariki ya 01 Gicurasi ya buri mwaka, ...
Mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango wa Equity Bank waremeye abanyamuryango ba AVEGA Agahozo ubaha ibikoresho byo kudoda...
Ku wa 29 Mata 2022 mu karere ka Huye, mu murenge wa Ngoma, ubwo hibukwaga ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi hanashyingurwa imibiri...
Buri mwaka, mu butumwa butangwa n’Urugaga rw’amaseindika y’Abakozi mu Rwanda, CESTRAR, basaba Guverinoma y’u Rwanda, binyuze muri Minisiteri y’Umurimo, kwihutisha Iteka rya Minisitiri w’Umurimo...
Nyuma ya Santarafurika na Mozambique, mu bihe biri imbere u Rwanda rushobora kohereza ingabo na Polisi mu bindi bihugu bibiri zikajya gutanga umusanzu mu...