Amakuru
Minisitiri w’ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko yirukanye mu mirimo abahesha b’inkiko b’umwuga batanu, kubera amakosa akomeye bakoze mu...
Hi, what are you looking for?
Minisitiri w’ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya Leta, ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko yirukanye mu mirimo abahesha b’inkiko b’umwuga batanu, kubera amakosa akomeye bakoze mu...
Friday 06th October 2023, Umwalimu SACCO joined the world in the closing of the International Customer Service Week 2023. On this occasion, Umwalimu SACCO rewarded Best...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire y’abana bato (NCDA) cyasabye ababyeyi guhindura imyumvire bakohereza abana babo mu bigo mbonezamikurire aho kubiriza mu muhanda. Kigaragaza ko hari...
Ku wa Gatanu tariki 06 Ukwakira 2023, Umwalimu SACCO wifatanyije n’abatanga serivisi ku isi yose mu gusoza icyumweru mpuzamahanga cyahariwe umukiriya. Kuri uyu munsi,...
Jeudi, le 5 octobre 2023, le Conseil d’Administration (CA) de L’Institut National de la Statistique du Rwanda (NISR) s’est réuni pour sa session ordinaire,...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yatashye inyubako nshya y’i Bitaro bya Butaro biri ku rwego rwa Kabiri, bizwiho kuvura kanseri byo mu murenge wa...
Imiryango 400 yo mu karere ka Nyaruguru mu mirenge ya Ngera na Ngoma yahawe inkunga ya miyoni zisaga 23 z’amafaranga y’u Rwanda (23, 231,...
Abaturage bo mu karere ka Nyaruguru barasabwa gukomeza kurangwa n’ubumwe aho bari hose bakarushaho kurwanya icyo aricyo cyose cyabubera inzitizi mu byo bakora byose....
African Women in Media (AWiM) and Fojo Media Institute on Wednesday held a virtual press briefing on the upcoming seventh annual conference. With the theme Media and Gender Violence, African Women...
Abafite amavuriro y’ibanze azwi nka Poste de Sante hirya no hino mu gihugu, baravuga ko bakomerewe n’ikibazo cyo kutishyurirwa igihe n’Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda,...
Abakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Karere ka Rutsiro, babwiye Abasenateri ko mu rwego rwo guteza imbere ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, hakenewe ishuri ryigisha iby’ubucukuzi bw’amabuye...
Minisiteri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango ifatanyije n’impuguke n’imyitwarire bya muntu bavuga ko hari bamwe mu ababyeyi bakigaragara ko bahoza abana ku nkeke. Bamwe babikora bazi...
Abanyamuryango b’Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB bari mu kiruhuko cy’izabukuru barasaba ko amafaranga ya pansiyo bahabwa yakongerwa kuko atakijyanye n’ibiciro ku isoko. Ibi babishingira no...
Ku wa 17 Nzeri 2023, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagiranye inama n’abagize akanama ngishwanama k’umukuru w’igihugu. Nk’uko RBA dukesha iyi nkuru yabitangaje, muri...