Amakuru
Kuri iki cyumweru tariki 8 Werurwe 2026, u Rwanda rwifatanyije n’amahanga kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore (International Women’s Day), umunsi ngarukamwaka uba ugamije kuzirikana uruhare...
Hi, what are you looking for?
Kuri iki cyumweru tariki 8 Werurwe 2026, u Rwanda rwifatanyije n’amahanga kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore (International Women’s Day), umunsi ngarukamwaka uba ugamije kuzirikana uruhare...
Mu myaka 32 ishize u Rwanda rwibohoye, igihugu cyageze ku mpinduka zikomeye mu mibereho y’abaturage, cyane cyane mu guteza imbere uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagore...
I&M Bank Rwanda PLC yatangije gahunda nshya yiswe ‘Berwa’ igamije guteza imbere abagore bakora ubucuruzi, aho muri iyi gahunda bashobora kubona inguzanyo y’agera kuri...
Ikigo gitsura Ubuziranenge mu Rwanda (RSB) cyasinyanye amasezerano n’icya Repubulika ya Congo (ACONOQ) n’icya Zimbabwe (SAZ) yo guteza imbere no korohereza ihanahana ry’ibicuruzwa na...
Bamwe mu bagabo bakoraga imirimo yo gucukura imva no gushyingura abapfuye mu irimbi rya Rugarama Cemetery, riherereye mu Murenge wa Nyamirambo mu Karere ka...
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yageze mu mujyi wa Arusha mu gihugu cya Tanzania, ahagarariye Perezida Paul Kagame mu Nama ya 25 isanzwe y’Abakuru...
Ingabo z’u Rwanda -RDF na Polisi y’u Rwanda -RNP, mu itangazo bashyize ahagaragara bavuga ko bagiye gutangiza ibikorwa byihariye bigamije gufasha abaturage mu mibereho...
Hashize iminsi mike mu Burasirazuba bwo Hagati hadutse umwuka mubi w’intambara ihuza Iran na America itanyije na Israel, aho ibitero bikomeye by’intwaro zirimo misile...
Mu mwaka wa 2025, ubukorikori bwinjirije impunzi zicumbikiwe mu Rwanda amafaranga y’u Rwanda agera hafi kuri Miliyoni Frw 50. Yabonetse binyuze mu kuboha imitako...
Minisitiri ushinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, Rtd Gen Maj Albert Murasira, yasabye Abanyarwanda gufata ingamba zo kwirinda ingaruka z’ibiza bishobora guterwa n’imvura nyinshi y’Itumba imaze iminsi...
Jeanne d’Arc Munezero Umuryango Nyafurisha Utsura Ubuziranenge (ARSO) utangaza ko ukomeje gushaka uburyo bwo gushyiraho ibwiriza rimwe ry’ubuziranenge rihuriweho ku rwego rw’Umugabane wa Afurika,...
Mu karere ka Gisagara mu murenge wa Save ku munsi w’umuhinzi, abahinzi bagaragarijwe imbuto z’ibigori z’indobanure zirimo WH 507 na WH 301, ndetse banashishikarizwa...
Jeanne d’Arc Munezero Abayobozi bo mu ntara y’Iburasirazuba, bibukijwe kwita ku nshingano zabo, harimo no guhuza imbaraga n’abaturage, ariko by’umwihariko, ikibazo cy’igwingira n’imirire mibi...
Minisitiri w’intebe Dr. Justin Nsengiyumva yatumijwe n’Abasenateri ngo azaze abasobanurire ingamba za Guverinoma mu gukemura ibibazo basanze biri mu bworozi aho baherutse gusura hirya...
Mu bice bitandukanye by’Akarere ka Gatsibo abaturage barasaba ko bakwegerezwa amazi meza hafi yabo, bagatandukana n’amazi y’ibishanga n’ibinamba bakoresha umunsi kuwundi ibituma barwara indwara...