Rwanda
Abatuye Akagari ka Buhabwa, Umurenge wa Murundi, Akarere ka Kayonza bavuga ko bishimiye isoko rya Buhabwa bubakiwe ngo bajye barirema ari benshi kandi batanyagirwa...
Hi, what are you looking for?
Abatuye Akagari ka Buhabwa, Umurenge wa Murundi, Akarere ka Kayonza bavuga ko bishimiye isoko rya Buhabwa bubakiwe ngo bajye barirema ari benshi kandi batanyagirwa...
Urubyiruko rw’icyiciro cya kabiri cy’Itorero ry’Intore z’Imbuto Zitoshye rw’abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2025 rusanzwe rufashwa na Imbuto Foundation, binyuze mu mushinga...
Umuyobozi Mukuru w’Inama Nkuru y’Uburezi , High Education Council, Dr Dr. Edward Kadozi asaba abarangiza amashuri makuru na za Kaminuza kujya bakora uko bashoboye...
Ubuyobozi bwa Bugesera bwamennye litiro 76,000 z’inzoga zirimo iyitwa Isano, Agasembuye n’Indege zitujuje ubuziranenge, zose zikaba zarafatiwe mu Mirenge ya Nyarugenge na Nyamata. Mbere...
Rene Anthere Rwanyange Ibibazo birimo Ingengo y’imari yo kurwanya imirire mibi n’igwingira ku rwego rw’uturere yibanda mu ikurikiranabikorwa ry’iyi gahunda kurusha ishyirwa mu bikorwa...
Ubwanditsi Muri Shampiyona y’Isi y’umukino wo gusiganwa ku magare, yabereye i Kigali muri Nzeri 2025, benshi babonye urubyiruko rwambaye amajile y’umuhondo asa n’ayambarwa n’abapolisi...
Editorial Team As Rwanda enters the final quarter of 2025, the country continues to shoulder a significant share of the region’s humanitarian burden. With...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yifatanyije na Ambasade ya Algeria ikorera i Kigali mu kwizihiza isabukuru y’imyaka 71 ishize iki gihugu kibonye...
Perezida Paul Kagame yongeye kwibutsa abatuye Afurika ko nibadakora ngo bave mu bukene, ntawe uzabibakorera. Yibaza impamvu kuva ubukoloni bwahagarikwa mu myaka irenga 60...
Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye muri Village Urugwiro abajyanama ba Perezida wa Amerika mu bijyanye n’imyemere n’indangagaciro n’amahoro. Abo bashyitsi ba...
Munezero Jeanne d’Arc Ubushakashatsi bw’ikigo gikora ubushakashatsi n’ubusesenguzi ku ngamba zitandukanye (IPAR: Institute of Policy Analysis and Research) bugaragaza ko mu bigo bito n’ibiciriritse...
Minisitiri w’Umutekano Imbere mu Gihugu, Dr. Vincent Biruta yatangaje ko ubufatanye bw’ibihugu bigize umuryango uhuza Polisi zo mu Karere u Rwanda ruherereyemo, Eastern Africa...
Inzego z’umutekano zafunze abatetsi babiri bo ku ishuri ribanza rya Nyarutovu mu Murenge wa Bushenge bari kumwe n’abanyonzi babiri n’umucuruzi bakurikiranywe ho kunyereza ibilo...
Gutaka kw’abatuye Imirenge ya Gikomero, Ndera na Rusororo mu Karere ka Gasabo bavuga ko abajura b’inka babarembeje kwatumye Polisi ikora umukwabo ifata abantu 11...
Kuri uyu wa 03, Ugushyingo, 2025, u Rwanda rwijihije Umunsi Mpuzamahanga wahariwe ibyanya bikomye mu gikorwa cyabereye ku biro by’icyanya gikomye( pariki) cya Gishwati-Mukura...