Amakuru
Smart Africa have announced the postponement of the 6th Transform Africa Summit as a result of the continuing impact of the Covid-19 pandemic. Having reviewed all...
Hi, what are you looking for?
Smart Africa have announced the postponement of the 6th Transform Africa Summit as a result of the continuing impact of the Covid-19 pandemic. Having reviewed all...
Ubwo Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron aheruka gusura u Rwanda muri Gicurasi 2021, mu byo yemeye ko azakora harimo ko abagize uruhare muri Jenoside...
Mu gihe hakigaragara abakozi bo mu rugo bakorerwa ihohoterwa, Urugaga rw’amasendika y’abakozi mu Rwanda CESTRAR rurasaba abakoresha babo kuba inyangamugayo no kugira ubupfura mu...
Mu gihe hakomejwe ingamba zo kurwanya icyorezo cya ‘Corona virus’, gahunda ya ‘Guma mu rugo’ yabangamiye imikorere ya bamwe mu batwara abagenzi mu mujyi...
Urugaga rw’Abikorera-PSF mu ntara y’Iburasirazuba, ku wa 7 Kanama 2021, bagabiye inka ndetse banaguza imiryango 86 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ku rwego...
Muri iki gihe u Rwanda kimwe n’isi yose muri rusange, ruri muri gahunda yo gukingira abantu benshi COVID-19 nk’uko biherutse gutangazwa na Minisiteri y’Ubuzima,...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Cricket mu bagabo izakina imikino itanu ya T20 na Ghana mu rwego rwo kwitegura imikino y’amajonjora yo guhatanira itike...
Abaturage baturiye umupaka n’igihugu cy’u Burundi mu Mirenge ya Busanze na Ruheru mu karere ka Nyaruguru mu Rwanda, baravuga ko bizeye ko mu bihe...
Ku wa Gatanu tariki ya 6 Kanama 2021, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’ u Rwanda ku Kacyiru habereye umuhango wo gusezera mu cyubahiro...
The Umbrella Organisation of Genocide survivors’ associations- IBUKA has condemned activities of the newly formed and Diaspora-based Genocide Survivors Association called “Igicumbi -voix des...
Ku wa gatatu tariki ya 4 Kanama 2021, nibwo ubuyobozi bwa APR FC bwafashe icyemezo cyo gusezera burundu umukinnyi wakinaga hagati mu kibuga Niyonzima...
Ku wa 4 Kanama 2021, Umuryango uharanira inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi -IBUKA, washyize ahagaragara itangazo ryamaganira kure ibikorwa by’Umuryango mushya...
Mu buryo budasubirwaho, Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique birukanye abarwanyi ba Al Qaeda bari birigaruriye agace ka Awasse kari mu tugize Intara ya Cabo...
Bamwe mu baturage baracyafite imyumvire y’uko kubyara abana benshi ari amaboko, gusa impuguke mu by’ubukungu zo zemeza ko kubyara bake ariryo terambere ry’igihugu; kuko...
Itangazo ryatanzwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa 31 Nyakanga 2021, ritangaza ko Madame Yolanda Makolo yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma muri Minisiteri y’Ububanyi...