Football
Ku wa gatatu tariki ya 4 Kanama 2021, nibwo ubuyobozi bwa APR FC bwafashe icyemezo cyo gusezera burundu umukinnyi wakinaga hagati mu kibuga Niyonzima...
Hi, what are you looking for?
Ku wa gatatu tariki ya 4 Kanama 2021, nibwo ubuyobozi bwa APR FC bwafashe icyemezo cyo gusezera burundu umukinnyi wakinaga hagati mu kibuga Niyonzima...
Ku wa 4 Kanama 2021, Umuryango uharanira inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi -IBUKA, washyize ahagaragara itangazo ryamaganira kure ibikorwa by’Umuryango mushya...
Mu buryo budasubirwaho, Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique birukanye abarwanyi ba Al Qaeda bari birigaruriye agace ka Awasse kari mu tugize Intara ya Cabo...
Bamwe mu baturage baracyafite imyumvire y’uko kubyara abana benshi ari amaboko, gusa impuguke mu by’ubukungu zo zemeza ko kubyara bake ariryo terambere ry’igihugu; kuko...
Itangazo ryatanzwe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa 31 Nyakanga 2021, ritangaza ko Madame Yolanda Makolo yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma muri Minisiteri y’Ububanyi...
Umunyamakuru wa Flash Ntambara Garleon yari mu rukiko rw’ibanze rwa Nyagatare, ku wa 29 Nyakanga 2021, akurikiranye urubanza rw’umunyamakuru Ntirenganya Charles aregamo Umukuru w’umudugudu...
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania ategerejwe mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda guhera ku wa 2 Kanama 2021. Nirwo ruzinduko rwa mbere agiriye...
Mu mukwabu wo kurwanya ubujura bw’amashanyarazi ukorwa buri gihe na Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) ifatanyije n’Inzego z’umutekano ndetse n’abaturage, muri uku kwezi...
Mu gihe cy’amze atandatu, kuva mu kwezi k’Ukuboza 2020 kugeza mu mpera za Kamenza 2021, ingo zigera ku 5095 zo mu mirenge itanu y’Akarere...
Itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri w’Intebe ryo ku wa 25 Nyakanga 2021 rigaraza ko Umujyi wa Kigali n’Uturere byari bisanzwe muri Guma mu...
Butera Andrew, wakiniraga APR FC ubu akaba yaratijwe ikipe ya AS Kigali, arashimira cyane ubuyobozi bwa APR FC bwemeye icyifuzo cye cyo gutizwa mu...
Abahinzi ba kawa mu karere ka Nyaruguru basaba kuba hakongerwa igiciro bajyaga bagurirwaho kikava ku mafaranga 250 kikagera nibura kuri 350Frw ku kilo. Uku...
Impuzamashyirahamwe y’ibihugu byo mu karere ka Afurika y’i Burasirazuba no hagati (CECAFA) mu mupira w’amaguru, yamaze gutangaza amakipe 10 arimo APR FC yemeye kwitabira...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko icyorezo cya COVID-19 cyahungabanyije ubuzima bwose bw’igihugu n’uburezi budasigaye ku bana bose, ariko by’umwihariko ku bana b’abakobwa....
Mu minsi ibiri ya Guma mu rugo, mu Mujyi wa Kigali hashyizweho gahunda yo gupima abantu mu tugari twose tuwugize. Mu bipimo byafashwe hagaragaye...