Amakuru
Sendika y’Abakora mu bucukuzi bwa mine na Kariyeri (REWU) yasabye abakozi n’abakoresha mu bucukuzi kurushaho kwirinda COVID 19. Mu butumwa REWU yageneye abakoresha n’abakozi...
Hi, what are you looking for?
Sendika y’Abakora mu bucukuzi bwa mine na Kariyeri (REWU) yasabye abakozi n’abakoresha mu bucukuzi kurushaho kwirinda COVID 19. Mu butumwa REWU yageneye abakoresha n’abakozi...
Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) yasoje imirimo yo kubaka sitasiyo y’amashanyarazi (Electrical substation) ya Nyabihu. Iyi sitasiyo yitezweho gukemura ikibazo cy’amashanyarazi mu turere...
Hashize amezi arenga atandatu abakozi ba ADEPR bagera ku 2000 birukanywe ku kazi nta nteguza, biturutse ku mavururwa y’igitaraganya yakozwe muri iryo torero. Hari...
Umutoza Mukuru wa Police FC Haringingo Francis Christian n’abamwungirije Rwaka jean Claude na Niyiturize Jean birukanwe bazira kudatanga umusaruro. Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ubuyobozi bwa...
Ijwi rimwe gusa ry’ikinyuranyo niryo ryashyize iherezo ku butegetsi bwa Netanyahu, wari umaze imyaka 12 ari Minisitiri w’intebe wa Israel. Yair Lapid watsinze amurusha...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda ziravuga ko hatagize igikorwa mu maguru mashya igihugu gishobora kwisanga mu nkubiri ya 3 y’icyorezo cya COVID19 ku buryo kugihashya...
Bamwe mu bagore n’abagabo batuye mu karere ka Gakenke bemeza ko kuboneza urubyaro bakabyara abo bashoboye kurera, ari uburyo bwiza butuma babaho neza. Abatuye ...
Kuri uyu wa 10 Kamena 2021, kuri Stade yayo, Bugesera FC yari yakereye gutsinda APR FC uko byagenda kose ariko yatunguwe no kunyagirwa ibitego...
Bamwe mu babyeyi basanzwe babona ubuzima mu cyayi, bishimira ko bashyiriweho amarerero, byatumye baruhuka gusoroma icyayi bahetse abana kandi abana na bo babona uburere...
Umuryango Nyarwanda ugamije imibereho myiza n’iterambere ry’umuturage (CSDI), binyuze mu bagenerwabikorwa bo mu turere 9 ukoreramo, hamaze gushingwa amatsinda y’ubwizigame 49, aho buri tsinda...
Bamwe mu bagabo bo kagari ka Myiha, Umurenge wa Muhororo, mu karere ka Ngororero, bahinduye imyumvire biyemeza gufasha abagore babo mu kurandura imirire mibi...
Bamwe mu bageze mu zabukuru bo mu karere ka Huye, Umurenge wa Ngoma ku kigonderabuzima cya CUSP (Centre Universitaire de Santé Publique) cyo ku...
Abagize imiryango irenga 200 yo mu karere ka Gatsibo yagizweho ingaruka n’ibiza byabaye umwaka ushize ndetse n’abahoze batuye mu manegeka, barishimira ko batangiye kubakirwa...
Ikigo gishinzwe iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi mu Rwanda, NAEB, gifite umushinga wo kubaka isoko ry’ububiko bugezweho bw’imboga n’imbuto. Ni isoko rizaba rifite...
Ubwato bukozwemo hoteli y’inyenyeri 5 burimo kubakwa mu kiyaga cya Kivu mu Karere ka Karongi buzaba bwuzuye muri uyu mwaka nk’uko ababwubaka babyizeza. Ubu...