Amakuru
Nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’ubuzima, abantu benshi banduye COVID-19 bakunze kugaraza ibimenyetso byoroheje, bashobora gukurikiranwa bari mu rugo. Urasabwa gukomeza gutanga amakuru ku bakora...
Hi, what are you looking for?
Nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’ubuzima, abantu benshi banduye COVID-19 bakunze kugaraza ibimenyetso byoroheje, bashobora gukurikiranwa bari mu rugo. Urasabwa gukomeza gutanga amakuru ku bakora...
Nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’ubuzima, abantu benshi banduye COVID-19 bakunze kugaraza ibimenyetso byoroheje, bashobora gukurikiranwa bari mu rugo. Dore inama z’ingenzi uramutse zijyanye n’ibyo...
Nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’ubuzima, abantu benshi banduye COVID-19 bakunze kugaraza ibimenyetso byoroheje, bashobora gukurikiranwa bari mu rugo. Dore inama z’ingenzi uramutse umenye ko...
Bamwe mu bajyanama b’ubuzima bo mu karere ka Rubavu bagaragaza ko bahura n’imbogamizi nyinshi zo kubura ibikoresho bifashisha bita ku barwayi ba COVID-19 bavurira mu...
Ikigo cy’Igihugu cy’ubwiteganyirize (RSSB) cyasabye abaturage kwishyura imisanzu y’umwaka wa 2021-2022, bakurikije ibyiciro by’ubudehe basanzwe bishyuriraho. Bamwe mu baturage bahisemo kwishyurira ubwisungane mu kwivuza...
Amafaranga asaga Miliyari 11 yo mu ngengo y’imari y’umwaka ushize wa 2019-2020, ni yo leta y’u Rwanda yashoye mu bikorwa remezo by’ubuhinzi birimo ubwanikiro,...
Banki y’isi iragaragaza ko muri uyu mwaka wa 2021, ubukungu bw’ibihugu bya Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara buzazamuka ku gipimo mpuzandengo cya 2.7...
Guverinoma y’u Rwanda imaze gukuba incuro zisaga 65 ingengo y’imari igenera gahunda ya VUP mu myaka 12 imaze itangiye. Icyakora ntabwo abagenerwabikorwa b’iyi gahunda...
Padiri Rugirangoga Ubald wamenyekanye cyane kubera ibikorwa by’isanamitima n’ibindi byiganjemo ibyo gusengera abarwayi bagakira, yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu. Yari...
Inkuru y’urupfu rw’umunyamakuru Umuhire Valentin yamenyekanye ku mugoroba wo ku wa kane tariki ya 07 Mutarama 2021 itangajwe na murumuna we wavuze ko yari...
Padiri Ubald Rugirangoga uzwi mu bikorwa byo gusengera abarwayi, yitabye Imana mu rukerera rwo ku uyu wa gatanu tariki 8 Mutarama 2020, aguye mu...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda ziratangaza ko icyumweru gitaha kizarangira ibigo nderabuzima byo hirya no hino mu gihugu bifite ubushobozi wo gupima icyorezo cya COVID-19...
Nyuma y’amezi abiri, Urwego ngenzuramikorere (RURA) rwatandaje ko ibiciro bya Esanse na Mazutu byazamutse. Kuva tariki ya 4 Ugushyingo 2020 kugeza ku wa 7...
Bamwe mu babyeyi bo mu murenge wa Mururu mu karere ka Rusizi bigeze kurwaza imirire mibi mu bana babo, bavuga ko ubujiji n’ubukene ari...
Bamwe mu bahinga mu cyanya cyuhirwa cyiswe Ngoma 22, giherereye hagati y’imirenge ya Remer ana Rurenge mu karere ka Ngoma, bishimira ko batakigira umwanya...