Inkuru nyamukuru
Koperative yo kuzigama no kugurizanya y’abakozi bo mu rwego rw’Ubuzima mu Rwanda (Muganga SACCO) bazajya bagezwa serivisi hifashishijwe ikoranabuhanga hifashishijwe telefoni, aho gufungura amashami...
Hi, what are you looking for?
Koperative yo kuzigama no kugurizanya y’abakozi bo mu rwego rw’Ubuzima mu Rwanda (Muganga SACCO) bazajya bagezwa serivisi hifashishijwe ikoranabuhanga hifashishijwe telefoni, aho gufungura amashami...
Amakuru aturuka ku masoko hirya no hino mu Rwanda agaragaza ko ibiciro by’ibiribwa bikomeje kuzamuka, ku buryo mu gihe kitarenze amezi 6 hari ibiciro...
Francine Munyaneza, Entrepreneuse et fondatrice de Munyax Eco Ltd, une société d’énergie solaire et un projet de durabilité environnementale, fait partie des prétendants gagnants...
Umunyarwandakazi Francine Munyaneza, umucuruzi n’umushabitsi, washinze akaba n’umuyobozi mukuru wa Munyax Eco Ltd, sosiyete ikora ingufu zituruka ku mirasire y’izuba ukaba n’umushinga wubaka ubusugire bw’ibidukikije,...
Bamwe mu bagore babashije kwihangira imirimo mu bucuruzi n’inganda, bakomeje kwishimira iterambere bamaze ku geraho rikomeye kandi bakishimira n’agaciro Leta y’u Rwanda iha umugore,...
Bamwe mu bakozi “Agents” batanga serivizi za MTN ku bakiriya bayo bazikeneye, cyane cyane ku bakorera mu mitaka iba iri hirya no hino ku...
Bamwe mu bacuruzi bato bakorera ubucuruzi bwabo mu isoko rya Gahanga, mu karere ka Kicukiro, basaba ko inkunga y’ikigega nzahurabukungu itangwa binyuze muri BDF...
Abacuruzi bacururiza mu isoko rya Gisagara barataka ingaruka zitangukanye bagizweho na COVID-19 mu kazi kabo. Bavuga ko bumvise ko bashyiriweho ikigega kigamije kuzahura ubukungu...
Amakuru atangazwa na Banki y’Isi, yagaragaje ibihugu 10 bya mbere mu bucuruzi mu mwaka wa 2021. U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri nyuma...
Abari mu rwego rw’amahoteli n’ubukerarugendo mu Rwanda, baravuga ko uru rwego rumaze kuzahurwa mu bukungu ku kigero cya 34% bagereranyije n’ikigero bariho muri 2019...
Abaturage bo mu Mujyi wa Kigali bavuga ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibikomoka ku amata aho litiro imwe yaguraga hagati ya 300 na 350 y’amafaranga y’u...
Ni urugendo rwa Kilometero icumi (10Km) uvuye ku gasoko k’imineke ko kwa Karangara (Kugasi) ku muhanda Kigali-Rwamagana, ugafata umuhanda w’igitaka ukoze neza ugana ku...
Ubuyobozi bw’ikigo cya Crystal telecom burahumuriza abashoramari bari basanganywe imigabane y’icyo kigo ku isoko ry’imari ko umwanzuro uherutse gufatwa wo gufunga ibikorwa byayo bitazahungabanya...
Aborozi bo mu karere ka Nyagatare baravuga ko barimo gukora ibishoboka byose ngo bongere umukamo w’amata kugira ngo bazahaze ruganda rugiye kubakwa muri aka...
Mu kwizihiza Munsi Mpuzamahanga wahariwe iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’umuguzi, bamwe mu bahagarariye abaguzi batangaje ko amafaranga acibwa umuntu wibagiwe sheki, adakoresha ikarita yo ku cyuma,...