Amakuru
Abaturage bo mu Mujyi wa Kigali bavuga ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibikomoka ku amata aho litiro imwe yaguraga hagati ya 300 na 350 y’amafaranga y’u...
Hi, what are you looking for?
Abaturage bo mu Mujyi wa Kigali bavuga ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibikomoka ku amata aho litiro imwe yaguraga hagati ya 300 na 350 y’amafaranga y’u...
Ni urugendo rwa Kilometero icumi (10Km) uvuye ku gasoko k’imineke ko kwa Karangara (Kugasi) ku muhanda Kigali-Rwamagana, ugafata umuhanda w’igitaka ukoze neza ugana ku...
Ubuyobozi bw’ikigo cya Crystal telecom burahumuriza abashoramari bari basanganywe imigabane y’icyo kigo ku isoko ry’imari ko umwanzuro uherutse gufatwa wo gufunga ibikorwa byayo bitazahungabanya...
Aborozi bo mu karere ka Nyagatare baravuga ko barimo gukora ibishoboka byose ngo bongere umukamo w’amata kugira ngo bazahaze ruganda rugiye kubakwa muri aka...
Mu kwizihiza Munsi Mpuzamahanga wahariwe iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’umuguzi, bamwe mu bahagarariye abaguzi batangaje ko amafaranga acibwa umuntu wibagiwe sheki, adakoresha ikarita yo ku cyuma,...
Employees in hospitality industry in Rwanda that compiles together hotels, restaurants and bars face various challenges and violence that still hinder the development of...
Nyuma y’amezi abiri, Urwego ngenzuramikorere (RURA) rwatandaje ko ibiciro bya Esanse na Mazutu byazamutse. Kuva tariki ya 4 Ugushyingo 2020 kugeza ku wa 7...
Ikigurishwa: Ikibanza cy’umuntu ku giti cye Icyo ubutaka bukoreshwa: Gutura (R1A) Uko bungana (Ubuso): 1154Sq meters Aho giherereye Akarere: Nyarugenge Umurenge: Nyamirambo Akagari: Gasharu...
Bamwe mu bahinzi ba tungurusumu bo mu karere ka Musanze, bararira nyuma y’ibihombo batewe no kubura isoko y’umusaruro wabo uheze mu mirima. Abo bahinzi...
Ibigo by’ubucuruzi 3 ku bisaga 600 byanditse bibisaba, ni byo bimaze kubona inguzanyo mu kigega cy’ingoboka Leta yashyiriyeho kuzahura ubukungu kubera ingaruka za COVID19....
Abanyenganda bo mu Rwanda barasaba inzego bireba kubafasha ibiciro by’amashanyarazi bigabanuka kuko ibiriho bihenze ndetse bakavuga ko bituma batabasha guhatana ku masoko mpuzamahanga n’ayo...
Nyuma y’imyaka 36 uru ruganda rumaze mu Rwanda rukora sima, kuri ubu 49 ku ijana by’imigabane y’uruganda rwa sima mu Rwanda yamaze kujya ku isoko...
Mu rwego rwo guhangana no gukumira ingeso yo “Kotsa imyaka”, -kugirisha imyaka ikiri mu murima, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yashyizeho Amabwiriza N° 29 yo ku...
Ikigo kigenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (CMA) cyahaye uburenganzira ku nshuro ya mbere ikigo cy’ubucuruzi cyo muri Afurika y’Epfo cyitwa “RH Bophelo Limited” kuza...
Bamwe mu bacuruzi bo mu Mujyi wa Kigali bagaragaza imbogamizi z’uko bagomba gutangira kwishyura ubukode n’ibindi basabwa nyuma y’igihe gito batangiye gukora kandi abakiriya...