Amakuru
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko ku bufatanye na SMS Group, cyatangije imashinizi z’ikoranabuhanga zikorerwa mu Rwanda, zizashyirwa ahantu hinjira abantu benshi mu...
Hi, what are you looking for?
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko ku bufatanye na SMS Group, cyatangije imashinizi z’ikoranabuhanga zikorerwa mu Rwanda, zizashyirwa ahantu hinjira abantu benshi mu...
Umugani baca ngo “Yariye Karungu”, bawuvuga iyo babonye umuntu warakaye yarubiye, nibwo bavuga ngo “ni mumubise dore yariye karungu.” Wakomotse kuri Karungu n’umugore we...
Ku wa Gatanu, tariki ya 14 Kanama 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME....
Perezida wa Repubulika Paul Kagame asanga uburezi bufite ireme by’umwihariko ubutangirwa mu mashuri yisumbuye bwafasha Afurika kugera ku burumbuke n’iterambere ryifuzwa. Ibi umukuru w’igihugu...
Mu gitondo cyo ku itariki 13 Kamana, mu Kagari ka Bugoyi, Umurenge wa Gisenyi ho mu Karere ka Rubavu; mu rugo rw’umuturage hafatiwe inzoga...
Mu nama yahuje abanyamakuru, Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima_RBC, UNICEF n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima_WHO ndetse n’Inama y’Igihugu y’abna -NCC, kuri uyu wa 13 Kanama,...
Abaturage bo mu kagari ka Bwenda, Umurenge wa Kibumbwe mu karere ka Nyamagabe, bahangayicyishijwe bikomeye no kuba Poste de Sante ya Bwenda kuri ubu...
Nk’akamenyero, buri mwaka Abanyarwanda benshi baba bategereje imvura mu kwezi kwa Kanama. Ni igihe mu Rwanda impeshyi iba iri kugana ku kurangira ubusanzwe, abakristu...
Mu gihe bamwe mu baturage bavuga ko gufungura amashuri cyaba ari kimwe mu bigaragza uko abantu bakwiye kwitoza kubana na koronavirusi,hari abandi bavuga ko...
Abanyenganda bo mu Rwanda barasaba inzego bireba kubafasha ibiciro by’amashanyarazi bigabanuka kuko ibiriho bihenze ndetse bakavuga ko bituma batabasha guhatana ku masoko mpuzamahanga n’ayo...
Ikigurishwa: Inzu UPI: 5/07/10/05/5091 Tariki ya cyamunara: 18/08/2020 Isaha ya cyamunara: saa cyenda z’igicamunsi 15:00 Aho umutungo uherereye Akagari: Nyamata y’Umujyi Umurenge: Nyamata Akarere: Bugesera Telefoni wabarizaho: 0788307398/0788482817
Kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 0068/15/TC/NYGE rwaciwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi rwa Nyarugenge, Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa mbere tariki ya 18/08/2020 saa sita...
Mu karere ka Kamonyi hatangiye kugezwamo ibikorwa by’iterambere bitandukanye nk’inganda, imihanda ya kaburimbo n’amashuri. Ibyo bikorwa bikaba birimo gufasha guhangana n’ubushomeri. Akarere ka Kamonyi...
Bamwe mu Banyarwanda mu ngeri zinyuranye, baravuga ko imiyoborere myiza no gushyiraho gahunda z’iterambere ry’ubukungu n’imibereho myiza ari byo bituma icyizere cyo kubaho mu...
Bamwe mu rubyiruko rw’abakorerabushake ruri mu bikorwa byo gufasha abaturage gukumira icyorezo cya COVID-19 mu turere dutandukanye rurasaba ko hakongerwa ibikoresho rwifashisha muri aka...