Amakuru
Bamwe mu bayobozi n’abarimu bo mu mashuri yigenga, bavuga ko n’ubwo ingaruka za COVID-19 zageze ku bantu bose, kuba barashoboye kwinjira muri Sendika byatumye...
Hi, what are you looking for?
Bamwe mu bayobozi n’abarimu bo mu mashuri yigenga, bavuga ko n’ubwo ingaruka za COVID-19 zageze ku bantu bose, kuba barashoboye kwinjira muri Sendika byatumye...
Kuba hari imirimo ikorwa n’abagore birirwa mu rugo ntihabwe agaciro iri muri bimwe mu bikurura amakimbirane mu ngo kuko hari bamwe mu bagabo bumva...
Abaturage bo mu karere ka Nyabihu bifuza ko bajya bahabwa amakuru ahagije ku bijyanye n’ibiza mbere y’uko bibageraho, bikabangairiza cyangwa bikabatwara ubuzima. Igice cy’Amajyaruguru...
Abaturage bo mu Mujyi wa Kigali bavuga ko bahangayikishijwe n’izamuka ry’ibikomoka ku amata aho litiro imwe yaguraga hagati ya 300 na 350 y’amafaranga y’u...
Ingo 180 zo mudugudu Nkamba, mu Murenge wa Buruhukiro mu karere ka Nyamagabe, hashize imyaka irindwi zaremewe amashanyarazi ariko amaso yaheze mu kirere. Baganira...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yabajijwe impamvu akomeza gufana ikipe nka Arsenal ihora itsindwa, avuga ko mu gihe inshuti igize ibyago kandi bitakugira ingaruka...
Bamwe mu bagore bakuze bibaza impamvu badakingirwa Kanseri y’Inkondo y’umura ndetse na Kanseri y’Ibere ariko Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima cyo kivuga ko nta gahunda...
Ni urugendo rwa Kilometero icumi (10Km) uvuye ku gasoko k’imineke ko kwa Karangara (Kugasi) ku muhanda Kigali-Rwamagana, ugafata umuhanda w’igitaka ukoze neza ugana ku...
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda «Amavubi Stars” yatsinzwe umukino wa mbere mu itsinda E ry’amarushanwa yo gushaka itike y’igikombe cy’isi kizabera muri Qatar mu mpeshyi...
Mu gihe mu Rwanda hatangwa urukingo rwa COVID-19 haherewe ku bafite imyaka 18, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali, bamwe mu bafite ubumuga basaba...
Inkuru icicikana muri iki gitondo cyo ku wa 2 Nzeri 2021, ni uko umuhanzi w’Umuraperi wamenyekanye ku izina Jay Polly ubusanzwe witwa Tuyishime Joshua,...
Adrien Niyonshuti Cycling Academy (ANCA) bakiriye inkunga y’ibikoresho by’umukino w’amagare (Cycling) byavuye muri muryango wo mu Bufaransa “AMITIE CH’TI RWANDA”. Ni igikorwa cyabaye ku...
Ku wa 31 Kanama 2021, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho abayobozi mu myanya imwe n’imwe, nk’uko bigaragara mu itangazo ryasohowe n’ibiro...
Hari ababyeyi bavuga ko kutagaragaza abana bafite ubumuga bwo mu mutwe ngo babashyikirize ibigo bibitaho, bibicira amahirwe y’ahazaza. Bimufasha kandi kuva mu bwigunge, no...