Amakuru
Abaturage bo mu murenge wa Ngoma akagari ka Butare na Matyazo bishimira ko kwizihiza ku nshuro ya 27 umunsi wo kwibohora bisanze bageze ku...
Hi, what are you looking for?
Abaturage bo mu murenge wa Ngoma akagari ka Butare na Matyazo bishimira ko kwizihiza ku nshuro ya 27 umunsi wo kwibohora bisanze bageze ku...
Ababyeyi bafite abana bafite ubumuga bavuga ko bashimira Akarere ka Nyagatare ndetse n’abafatanabikorwa bako bafashijwe abana babo kugira ngo babashe kugerwaho n’uburezi budaheza. Nk’uko...
Inzego z’ubuzima ku mugabane wa Afurika ziravuga ko mu gihe uyu mugabane uri mu nkubiri ya gatatu y’icyorezo cya COVID-19, utorohewe n’ikindi kibazo gikomeye...
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Nyakanga 2021, Umuryango FPR Inkotanyi wifatanyije n’indi mitwe ya politiki yo hirya no hino mu Isi mu...
Ubushakashatsi bw’umwaka wa 2019 na 2020 bw’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR bugaragaza ko abagore bagera kuri 51% batagishaka kongera kubyara. Ibi ngo bigaterwa n’uko ikiguzi cy’umwana kiri...
Hari benshi batekereza ko mbere y’uko haduka umuhango wo kubandwa cyangwa iyogezabutumwa bw’amadini, nta kindi Abanyarwanda bakoraga nk’ikimenyetso cyo gusabana na yo nk’umubyeyo n’abana...
Raporo y’Umugenzuzi w’umutungo (Audit) itavugwaho rumwe mu rubanza rwa Rev. Sibomana Jean na bagenzi baregwamo gucunga nabi umutungo wa ADEPR, yatumye urukiko ruhamagaza Oditeri...
Ababyeyi basaga 80 bo mu karere ka Nyabihu barerera mu rugo mbonezamikurire rwa Bigogwe bishyishyizehamwe bigigurira inka 7 zikamirwa abana babo byarwanyije imirire mibi...
Banki nkuru y’U Rwanda_BNR, yamaganye abakomeje gukwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga, ifoto y’inoti y’ibihumbi icumi (10 000). Ni mw’itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa 28...
Tariki ya 24 Kamena 2021, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda baba mu Gihugu cya Guinea Bissau bibutse ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
Imwe mu mihanda yo mu Mujyi wa Kigali mu gice cya Nyamirambo mu Biryogo, yahagaritswe kunyuzwamo ibinyabiziga, iharirwa abagana resitora zo muri ako gace....
Sendika y’Abakora mu bucukuzi bwa mine na Kariyeri (REWU) yasabye abakozi n’abakoresha mu bucukuzi kurushaho kwirinda COVID 19. Mu butumwa REWU yageneye abakoresha n’abakozi...
Hashize amezi arenga atandatu abakozi ba ADEPR bagera ku 2000 birukanywe ku kazi nta nteguza, biturutse ku mavururwa y’igitaraganya yakozwe muri iryo torero. Hari...
Imiryango 72 yasubijwe uburenganziwa bwayo bwo kubona inyandiko z’irangamimerere z’ishyingirwa mu karere ka Ngoma. Ubwo burenganzira babuhawe n’imyanzuro yafashwe n’inkiko z’ibanze ebyiri zikorera muri...
Mu gihe ikibazo cy’ibura ry’amazi gihangayikishije bamwe mu baturage bo mu karere ka Rubavu, ubuyobozi bw’ikigo cy’igihugu gikwirakwiza amazi burizeza abari mu bice bitarabona...