Amakuru
Umuryango Imbuto Foundation, mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kugira ubuzima bwiza yahaye Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) Inkeragutabara makumyabiri (20), na yo yahise izikiriza ibitaro. Imwe...
Hi, what are you looking for?
Umuryango Imbuto Foundation, mu rwego rwo gufasha abanyarwanda kugira ubuzima bwiza yahaye Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) Inkeragutabara makumyabiri (20), na yo yahise izikiriza ibitaro. Imwe...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu turere twa Nyarugenge na Rwamagana yafashe amakarito 170 na litiro 4,320 y’inzoga zitemewe mu Rwanda yitwa Kambuca. Aya makarito...
Mu rubanza rwa Fabien Neretse ruri kubera i Bruxelles mu Bubiligi, hakomeje kumvwa abatangabuhamya, aho muri iki cyumweru hategereje kumvwa abagera kuri 60 bashinja...
Mu murenge wa Bugarama, wo mu karere ka Rusizi y’Amajyepfo, uhana imbibe na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ku wa 19 Ugushyingo 2019, habereye...
Nyuma y’uko mw’iburanishwa ry’urubanza rwa Neretse Fabien uburanira i Buruseli mu Bubiligi, hamenyekanye ko umutangabuhamya Neretse Emmanuel wari uhategerejwe yanditse avuga ko atakije. Uyu...
Umunyeshuri witwa Ashimwe Josue ugororerwa muri gereza y’abana ihereye mu karere ka Nyagatare yakoze ibizamini bya leta bisosa amashuri yisumbuye, na ho batandatu bakora...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama rwategetse ko Umuvugizi Wungirije wa ADEPR, Rev. Karangwa John, ukurikiranyweho guhimba no gukoresha inyandiko mpimbano, afungwa iminsi 30 y’agateganyo. Rev....
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Muhanga ku bufatanye n’ubuyobozi bw’akarere mu bagiranye ibiganiro n’abahagarariye amadini n’amatorero bo mu karere ka Muhanga, babasabye...
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu, Prof Shyaka Anastase, ubwo yasuraga Akarere ka Ngoma ku wa Gatatu tariki ya 13 Ugushyingo 2019, aganira n’abitabiriye inama yaguye y’umutekano...
Nyuma yo kumva ibyo Neretse aregwa, abamwunganira n’abahagarariye abaregera indishyi bakavuga; ubu hagezweho kumva abatangabuhamya banyuranye. Aba batangabuhamya basabwa kubanza kurahirira ko bagiye kuvuga...
Urukiko rwa rubanda (Cour d’assises) rugizwe n’abacamanza batatu, bungirijwe n’umwanditsi ndetse n’inyangamugayo 12 zizewe ku rwego rw’amategeko. Ni urukiko rufite imikorere imwe mu Bubiligi...
Ku munsi wa kane w’urubanza rwa Neretse, tariki ya 13 Ugushyingo 2019 humviswe abatangabuhamya ku mateka y’u Rwanda barimo umunyarwanda Joseph Matata ndetse n’umubiligi...
Abaturage bo mu mirenge ya Sake na Zaza, Akarere ka Ngoma mu ntara y’Iburasirazuba basabye Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Prof Shyaka Anastase ko mu igenamigambi...
Ku wa kabiri tariki ya 12 Ugushyingo 2019, urubanza rwa Neretse rwakomeje yisobanura ndetse anasubiza ibibazo bitatu byari byasigaye atabibajijwe. Abamwunganira batanze inzitizi zatumye...
Urubanza rwa Fabien Neretse rwakomeje I Buruseli mu Bubiligi, aho Neretse we ubwe yahawe ijambo ahakana ibyo ashinjwa byose, avuga ko ahubwo yarwanyije ihohoterwa...