Amakuru
Panorama Ubuvanganzo nyemvugo ni kimwe mu bice by’ikinyarwanda byatangiye kugira intege nke, bigera aho bamwe batangira kubukerensa babukoresha uko bitagombye, bikaba bimwe mu byambura...
Hi, what are you looking for?
Panorama Ubuvanganzo nyemvugo ni kimwe mu bice by’ikinyarwanda byatangiye kugira intege nke, bigera aho bamwe batangira kubukerensa babukoresha uko bitagombye, bikaba bimwe mu byambura...
Elias Hakizimana Nyuma y’imyaka icyenda guze urwuri anarwororeramo, uwarumugurishije yongeye kurugurisha undi. Cyuma arashinjwa inyandiko mpimbano z’ubugure bw’urwuri nk’uko bamwe mu muryango we babitangaza....
Marie Josee Uwiringira Ihuriro ry’imiryango ya Sosiyete sivile -CCOAIB, rirahamagarira urubyiruko kugira uruhare mu kugaragaza no gusesengura ibibazo biterwa na politiki zishyirwaho n’ubuyobozi, ariko...
Rutayisire Boniface/ Bruxelles Nk’uko byari byaratangajwe, tariki ya 10 Gashyantare 2018 ahitwa i Neder-Over-Hembeek, igitaramo cyateguwe na IBUKA yo mu Bubiligi yitwa “Ibuka, Mémoire...
Mutesi Scovia Ibi byagarutweho n’abagore bakora umwuga w’itangangazamakuru bahuriye muryango nyarwanda w’abagore bakora itangazamakuru (ARFEM), ubwo bari mu masomo y’ikarishyabwenge bamazemo iminsi ibiri. Iri...
Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda asanga Politike yo gutuza abatishoboye ahantu habo ha bonyine ari ikosa ryabayeho, ngo kwikura mu bukene bizabagora...
Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu (NCHR) iratangaza ko Abanyarwanda bakwiye kumva ko umuntu ufungiye muri gereza cyangwa mu bindi bigo bifungirwamo mu buryo bw’agateganyo...
Panorama Ku wa Gatandatu tariki ya 10 Gashyantare 2018, urubyiruko rw’abakorerabushake bakoze umuganda udasanzwe wo gusukura no gusana inzibutso za Jenoside ziri hirya no hino...
Ku itariki ya 9 Gashyantare, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Kayonza mu Ntara y’I Burasirazuba, yashyikirije abaturage babiri bakomoka mu murenge wa...
Polisi y’’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana yaburijemo ubujura bukoreshejwe ikoranabuhanga, inata muri yombi Shumbusho Emmanuel washakaga kubikuza amafaranga akoresheje Mobile Money ndetse...
Abatwara abagenzi kuri moto ni bamwe mu bafitiye runini abagenzi ndetse n’imitwaro yabo mu bice bitandukanye by’igihugu cyacu. Ariko kandi n’ubwo bakora ako kazi...
Umugabo w’umufaransa witwaga Gravel, yarantutse mubajije ibibazo byinshi bijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, numva ndamugaye ariko ngira umujinya nshaka kumucishaho agashyi cyangwa...
Rene Anthere Inama y’iminsi ibiri ihuje inama z’ibihugu z’abantu bafite ubumuga mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba, irarebera hamwe aho ibihugu bigize uyu muryango bigeze...
Polisi y’u Rwanda iratangaza ko ibikorwa byayo byo gushakisha moto zibwe no gufata abakekwaho ubujura bwazo bikomeje gutanga umusaruro. Mu kwezi kumwe gusa, hamaze...
Mu rukrrera rwo ku wa 5 Gashyantare 2018, mu murenge wa Rukara mu karere ka Kayonza hafatiwe abasore batatu bari bibye moto zo mu...