Amategeko
Mu Rwanda havuguruwe itegeko rigenga imikoreshereze y’imihanda, risimbura iryari rimaze imyaka irenga 38 rikoreshwa. Iri tegeko rishya ryashyizeho ibihano bikarishye ku batwara ibinyabiziga banyoye...
Hi, what are you looking for?
Mu Rwanda havuguruwe itegeko rigenga imikoreshereze y’imihanda, risimbura iryari rimaze imyaka irenga 38 rikoreshwa. Iri tegeko rishya ryashyizeho ibihano bikarishye ku batwara ibinyabiziga banyoye...
Abaturage b’Umujyi wa Kigali basabwe kugira uruhare rukomeye mu gukumira no kurandura indwara y’ibisazi by’imbwa, binyuze mu gukingiza imbwa no kuzitaho kugira ngo zitazerera....
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku Butaka mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), Vincent Nyakarundi, yagiriye inama itsinda ry’abasirikare ba RDF hamwe n’abapolisi b’u Rwanda bitegura kujya...
Rene Anthere Rwanyange Twagirumukiza François yatorewe kuyobora Urugaga rw’Abikorera, PSF. Ni umwanya asimbuyeho Jeanne Françoise Mubiligi wayiyoboraga kuva muri Gashyantare mu 2023. Yiyamamaje ari...
U Rwanda rwakiriye abanyarwanda 205 bari bamaze igihe batuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bakaba baragarutse mu gihugu ku wa Kane tariki ya...
Impunzi zari zicumbikiwe mu nkambi ya Mahama, iherereye mu Karere ka Kirehe zatashye ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 12 Werurwe 2026, abaturage benshi bo mu mujyi wa Goma bakoze imyigaragambyo bagaragaza uburakari bwabo ku gitero cya...
Banki Nkuru y’u Rwanda hamwe na Banki Nkuru ya Kenya basinye amasezerano y’ubufatanye agamije gushyiraho uburyo bwo gusangira impushya azwi nka License Passporting Framework...
Mu Karere ka Nyarugenge Murenge wa Kanyinya, umugabo uzwi ku izina rya Kazungu ari mu bibazo bikomeye iwe mu rugo nyuma y’uko umugore we...
Inteko Ishinga Amategeko ya Senegal ku wa Gatatu yemeje itegeko rishya ryongera ibihano abakora imibonano mpuzabitsina bahuje ibitsina bahabwa, aho ushobora gufungwa kugeza ku...
Muri Nigeria haravugwa urupfu rw’umukobwa bivugwa ko yapfiriye ku iseta yibagisha ikibuno. Iki kibazo gishingiye ku buryo bwo kubagisha amabuno buzwi nka Brazilian Butt...
Ibigo by’itumanaho bikorera muri Afurika byatangaje gahunda nshya igamije korohereza abaturage kubona telefone zigezweho ku giciro gito cyane, aho biteganyijwe ko zimwe zizajya zigura...
Nyamasheke abaturage benshi bagaragaza ko igitutu cyo gushinga ingo giterwa na bamwe mu babyeyi ar’imwe mu mpamvu zituma iyo miryango iba yarashakanye ishizweho igitutu,...
Umuyobozi wungirije ushinzwe ibijyanye n’ububanyi n’amahanga muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ibya Afurika, Sarah Troutman, hamwe n’abayobozi b’iyo...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, Murangira B. yatangaje ko kugeza ubu ataramenya cyangwa ngo abe yarigeze yumva indirimbo y’umunyarwenya n’umuhanzi uzwi kw’izina rya G Taff,...