Amakuru
I&M Bank Rwanda PLC yatangije gahunda nshya yiswe ‘Berwa’ igamije guteza imbere abagore bakora ubucuruzi, aho muri iyi gahunda bashobora kubona inguzanyo y’agera kuri...
Hi, what are you looking for?
I&M Bank Rwanda PLC yatangije gahunda nshya yiswe ‘Berwa’ igamije guteza imbere abagore bakora ubucuruzi, aho muri iyi gahunda bashobora kubona inguzanyo y’agera kuri...
Perezida Donald Trump yatangaje ko adakeneye ubwato bw’intambara butwara indege (aircraft carriers) bw’Ubwongereza nyuma y’uko iki gihugu cyanze gutiza Amerika ahantu yazahagurukiriza ubwato bwayo...
Ikigo gitsura Ubuziranenge mu Rwanda (RSB) cyasinyanye amasezerano n’icya Repubulika ya Congo (ACONOQ) n’icya Zimbabwe (SAZ) yo guteza imbere no korohereza ihanahana ry’ibicuruzwa na...
Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yasabye imbabazi ibihugu bituranye n’igihugu cye nyuma y’ibisasu bikomeye byibasiye umurwa mukuru Tehran, mu gihe intambara ihanganishije Iran na...
Impunzi zaturutse mu Burundi ziba mu nkambi zo muri Tanzania ziravuga ko zirashyirwaho igitutu gikomeye kugira ngo zisubire iwabo, nyuma y’uko inzego z’umutekano zitangiye...
Perezida w’u Rwanda yavuze ko hari abantu n’ibihugu bashyiraho ibipimo byo gupima agaciro k’ibindi bihugu, agasanga ibyo bitari bikwiye. Ashimangira ko u Rwanda rudakwiye...
Bamwe mu bagabo bakoraga imirimo yo gucukura imva no gushyingura abapfuye mu irimbi rya Rugarama Cemetery, riherereye mu Murenge wa Nyamirambo mu Karere ka...
Minisitiri w’Intebe Dr Nsengiyumva Justin yageze mu mujyi wa Arusha mu gihugu cya Tanzania, ahagarariye Perezida Paul Kagame mu Nama ya 25 isanzwe y’Abakuru...
Ingabo z’u Rwanda -RDF na Polisi y’u Rwanda -RNP, mu itangazo bashyize ahagaragara bavuga ko bagiye gutangiza ibikorwa byihariye bigamije gufasha abaturage mu mibereho...
Brazil iri mu bihugu byo ku mugabane wa Amerika y’Amajyepfo bifite umubare munini w’abafungwa, cyane cyane abakatiwe kubera ibyaha bikomeye birimo urugomo n’ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge....
Ambasaderi wa Iran muri Egypt yatangaje ko igihugu cye kitigeze gisaba ibiganiro na America bigamije guhagarika intambara iri gukaza umurego mu Burasirazuba bwo Hagati....
Mu mezi menshi ashize, ingabo za Sudani ziri kugerageza gusubiza inyuma umutwe w’ingabo zirwanya Leta witwa Forces de soutien rapide (FSR) cyangwa Rapid Support...
Hashize iminsi mike mu Burasirazuba bwo Hagati hadutse umwuka mubi w’intambara ihuza Iran na America itanyije na Israel, aho ibitero bikomeye by’intwaro zirimo misile...
Mu mwaka wa 2025, ubukorikori bwinjirije impunzi zicumbikiwe mu Rwanda amafaranga y’u Rwanda agera hafi kuri Miliyoni Frw 50. Yabonetse binyuze mu kuboha imitako...
Imiryango y’abasore b’Abanya-Kenya bashutswe bakajyanwa kurwana ku ruhande rw’u Burusiya mu ntambara irwana na Ukraine, ku wa kane yakoze imyigaragambyo mu murwa mukuru wa...