Amakuru
Abaturage bo mu karere ka Gisagara umurenge wa Ndora bizihije umunsi mukuru w’umuganura basabwa kurangwa n’ubumwe birinda guheranwa n’amateka. Ni igikorwa cyabaye ku wa...
Hi, what are you looking for?
Abaturage bo mu karere ka Gisagara umurenge wa Ndora bizihije umunsi mukuru w’umuganura basabwa kurangwa n’ubumwe birinda guheranwa n’amateka. Ni igikorwa cyabaye ku wa...
In September 2023, two journalism students from ICK, Marie Joyeuse Akingeneye Iradukunda and Philbert Mbonigaba, are set to embark on a five-month course at...
Igitaramo ndangamuco nyarwanda i Nyanza Twataramye kigiye kuba ku nshuro ya cyenda kizaba mu isura nshya idasanzwe aho kizabanzirizwa n’ibirori by’umuganura. Hazaremerwa abaturage batejeje...
Embarking on a journey of knowledge exchange and academic enrichment, a delegation of two esteemed representatives from Rwandan Higher Learning Institutions has set foot...
Bamwe mu baganga n’imiryango itegamiye kuri leta yifuza ko hakwiye gutegurwa inyigisho ziri mu mvugo zakorohera ababyeyi, bakwifashisha mu kwigisha abana ibijyanye n’ubuzima bw’imyorokere....
Abaturage bo mu karere ka Gisagara basoje inyigisho z’urugendo rw’isanamitima rigamije ubumwe n’ubwiyunge, basabwe kurangwa n’ibitekerezo bigamije iterambere kurusha ibindi igihe icyo aricyo cyose....
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Mbazi, Akagari ka Manwari, bahangayikishijwe no kutagira ibyangombwa by’ubutaka bwabo, kuko basanze bwanditswe kuri...
Abanyamakuru b’ibitangazamakuru bitandukanye bakorera mu ntara y’Amajyepfo bishyizehamwe basura kandi banaremera inka umuturage wo mu karere ka Ruhango, Umurenge wa Ruhango, Akagari ka Rwoga...
Abaturage bo mu karere ka Nyamagabe, Umurenge wa Mbazi basabwe kunyurwa n’ibyemezo ku bibazo byakemuwe ntibabibaze abandi bayobozi kandi byarafatiwe imyanzuro ndakuka. Ibi aba...
African Women in Media (AWiM) is delighted to announce early bird tickets for the 7th African Women in Media conference. With the theme ‘Media and Gender Violence’, AWiM23 will...
Abanyeshuri bo mu ishuri ribanza rya Mère du Verbe riherereye mu murenge wa Remera, Akarere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali biga mu mwaka wa...
Abayobozi bo ku rwego rwo hejuru b’ibihugu byo mu burasirazuba bwa Afurika batanze ibitekerezo byo kohereza abasirikare muri Sudani, aho intambara imaze amezi atatu....
Abanyarwanda, inshuti z’u Rwanda batuye muri Mali, bamwe mu bahagarariye ibihugu n’imiryango mpuzamahanga muri icyo gihugu basaga 300 bitabiriye umugoroba wo kwizihiza ku nshuro...
Ibibazo binyuranye bishingiye ku miyoborere mu rugaga rw’abahesha b’Inkiko b’umwuga ndetse n’ibishingiye ku mategeko, ni bimwe mu byakirijwe Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa nkuru ya...
Abaturage batujwe mu Midugudu ya ShimwaPaul, Akayange na Rwabiharamba bakuwe ahari ibikorwa by’umushinga wa Gabiro Agri-Business Hub mu Karere ka Nyagatare, barishimira ko ubuzima...