Inkuru nyamukuru
Ikigo kigenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (CMA) cyahaye uburenganzira ku nshuro ya mbere ikigo cy’ubucuruzi cyo muri Afurika y’Epfo cyitwa “RH Bophelo Limited” kuza...
Hi, what are you looking for?
Ikigo kigenzura Isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda (CMA) cyahaye uburenganzira ku nshuro ya mbere ikigo cy’ubucuruzi cyo muri Afurika y’Epfo cyitwa “RH Bophelo Limited” kuza...
Ku wa Kane tariki 21 Gicurasi, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi yagejeje imbanzirizamushinga y’ingengo y’imari y’igihe giciriritse hamwe n’imibare y’ikigereranyo cy’ingengo y’imari ya 2020/2021-2022/2023, ku Nteko Ishinga Amategeko imitwe...
Amafaranga y’u Rwanda agera hafi kuri Miliyari 9 yarasesaguwe, ibi bikaba byaratumye yiyongeraho hafi kimwe cya kabiri cy’ayasesaguwe mu mwaka w’ingengo y’imari 2017-2018, kuko...
Bamwe mu bacuruzi bo mu Mujyi wa Kigali bagaragaza imbogamizi z’uko bagomba gutangira kwishyura ubukode n’ibindi basabwa nyuma y’igihe gito batangiye gukora kandi abakiriya...
Mu mpera z’ukwezi kwa Mata 2020, Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), cyari kimaze kwishyura abacuruzi batandukanye mu Rwanda amafaranga angana na Miliyari Cumi n’eshatu (13,000,000,000Frw)...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa (PAM/WFP) riravuga ko hatagize igikorwa icyorezo cya coronavirus cyazasiga ku isi ikiremwamuntu gihungabanye kurusha ibindi bihe byabayeho nyuma...
Abanyenganda bafite izikora bimwe mu byangombwa nkenerwa muri iki gihe Isi ihanganye n’icyorezo cya koronavirusi barishimira ko bakomeje koroherezwa mu bucuruzi bwabo harimo no...
Abafite ubumuga bo mu turere twa Musanze na Burera bigishwa imyuga irimo ubudozi, gukora no gusana inkweto ndetse n’Ikoranabuhanga, bavuga ko kwigishwa umwuga ari...
Mu rwego rwo gushyigikira gahunda ya Guverinoma hagobokwa abaturage bahuye n’ingaruka z’icyoreza cya Koronavirusi, kubera ingamba zafashwe mu rwego rwo guhangana n’ikwirakwizwa ryacyo, ku...
Imiryango ishingiye ku myemerere yo mu Ihuriro ry’abafatanyabikorwa b’akarere mu iterambere yo mu karere ka Nyarugenge, muri ibi bihe hari abagowe na kubona imibereho...
Inama y’Ubutegetsi y’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF), ku wa kane tariki ya 2 Mata 2020, yafashe umwanzuro wo guha u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 109.4...
Muri iyi minsi Isi yugarijwe n’Icyorezo cya Koronavirusi, COVID-19, hafashwe ingamba zinyuranye mu gukumira ikwirakwizwa ryacyo. Guverinoma y’u Rwanda, mu ngamba yafashe harimo iz’uko...
Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yaciye amande abacuruzi 44 bo hirya no hino mu mu Mujyi wa Kigali bkubera ko bazamuye ibiciro ku bicuruzwa, bitwaje icyorezo...
Kuva icyorezo cya coronavirus cyadutse ku isi, inama mpuzamahanga 6 zagombaga kubera i Kigali mu kwa Werurwe n’ukwa Mata zimaze gusubikwa. Ni inama zari kuzinjiriza igihugu...
Bamwe mu bacuruzi bakorera mu masoko atandukanye mu karere ka Rubavu bakomeje kugaragaza ko impamvu amasoko atandukanye yagiye yubakwa n’Akarere atitabirwa biterwa n’uko inyigo...