Ubuzima
Le responsable du Huye Youth Center, Hanyurwimfura Innocent dit que les jeunes participent aux services locaux de prévention du SIDA, mais il constate que...
Hi, what are you looking for?
Le responsable du Huye Youth Center, Hanyurwimfura Innocent dit que les jeunes participent aux services locaux de prévention du SIDA, mais il constate que...
Bamwe mu banyeshuri bo mu bigo by’amashuri yisumbuye byo mu karere ka Nyaruguru, biyemeje gutanga amaraso yo gufasha indembe ziyakeneye kwa muganga, kuko gutanga...
Bien qu’on ne puisse nier les nombreux acquis du Rwanda dans la lutte contre le VIH/SIDA, mais il reste encore un long parcours pour...
Ubushakashatsi n’ibyegeranyo ku bwandu bushya bwa Virus itera SIDA, bigaragaza ko urubyiruko by’umwihariko abakobwa aribo bugarijwe n’ubu bwandu. Ibipimo by’ubwandu bushya bigaragaza ko abakobwa bari...
Abanyamakuru bakora inkuru z’ubuzima by’umwihariko kuri virusi itera SIDA bibumbiye muri ABASIRWA (Ishyirahamwe ry’abanyamakuru barwanya SIDA) bemeza ko itangazamakuru rikozwe kinyamwuga rishobora kugira uruhare...
Uwera Florance ni umuturage wo mu karere ka Huye, Umurenge wa Karama, Akagari ka Gahoro, mu mudugudu wa Muvumba. Umwana we yagize uburwayi bwo...
Ubushakashatsi bwakorewe mu turere 7 ku buzima bw’imyorokere bugaragaza ko mu rubyiruko 718 rwabajijwe, 11% nibo bakoze imibonano mpuzabitsina. Muri bo 45% ntibakoresheje agakingirizo mu...
Urubyiruko rwo mu Murenge wa Rusororo, mu Karere ka Gasabo, harimo n’abafite ubumuga barashishikarizwa kugana ibigo bitanga inama ku buzima bw’imyororoke kandi bagakoresha ikoranabuhanga...
Abahanga mu bijyanye n’ubuzima bw’abana n’ababyeyi bagira inama ababyeyi kurushaho kwitabira gahunda zijyanye no kwisuzumisha mu gihe batwite ndetse no kubyarira kwa muganga, kuko...
Minisiteri y’ubuzima irasaba ababyeyi kujya bitabira kwipimisha no kwisuzumisha mu gihe batwite kandi bakazirkana kubyarira kwa muganga, kuko kuko ari bimwe mu bifasha kugabanya...
Minisiteri y’ubuzima ivuga ko uruhare rw’abagabo rukenewe mu rwego rwo kugabanya imfu z’ababyeyi bapfa babyara. Nk’uko bishimangirwa n’abitabiriye itangizwa ry’icyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana,...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 8 Ugushyingo 2022, mu cyumba cy’inama n’amahugurwa mu kigo cy’urubyiruko cya Rwamagana habereye igikorwa cy’ubukangurambaga ku buzima bwo...
Hagamijwe guhangana na bimwe mu bibazo bituma serivisi z’ubuzima bw’umubyeyi n’umwana zidatangwa uko bikwiye, ku bufatanye na UNICEF, Leta y’u Rwanda yafashe ingamba zo...
Ubushakashatsi bwakozwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima ku Isi (OMS/WHO) mu Rwanda, bugaragaza ko hakiri ibihugu bimwe byo mu majyepfo ya Afurika byongeye kugaragaramo...
Mu rwego rwo gushaka umuti w’ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe hifashishijwe inyandiko n’itangazamakuru, abahagarariye guverinoma, imiryango mpuzamahanga, sosiyete sivile ndetse n’abanyamakuru bagiranye ibiganiro birambuye...