Amakuru
ndetse n’Umutekano, ku wa 08 Ugushyingo 2018, bagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda. Ni ibiganiro byabereye ku kicaro gikuru cya Polisi y’u...
Hi, what are you looking for?
ndetse n’Umutekano, ku wa 08 Ugushyingo 2018, bagiranye ibiganiro n’abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda. Ni ibiganiro byabereye ku kicaro gikuru cya Polisi y’u...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu rubanza RC000390/2017/TB/KGRMA rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama ku wa 25/01/2018, Umuhesha w’Inkiko w’umwuga aramenyesha abantu...
Abanyeshuri umunani b’abanyarwanda biga ikorana buhanga bari mu rugendoshuri mu bushinwa bishimiye amahirwe bahawe yo kwiga umuco w’abashinwa n’ururimi rwabo, banashishikariza abandi banyarwanda kumenya...
Kugira ngo harangizwe urubanza RC00340/2016/TGI/CMB na RC00204/2016/TGI/GSBO rwaciwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo ku wa 09/06/2017. Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa...
Ku wa 7 Ugushyingo 2018 i Kigali, abagize imiryango irengera abafite ubumuga bukomatanyije bashyizeho Ihuriro banatorera Bamba Furaha JMV kuba umuyobozi waryo. Akimara gutorwa...
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu rubanza No RP00490&00698/2016/TGI/NYGE rwaciwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ku wa 16/02/2017, n’urubanza RPA00285&00298&00326&00338&00339 rwaciwe n’Urukiko rukuru ku wa 07/12/2017,...
Bakunzi bacu, mu gice cya mbere cy’imihango, imigenzo n’imiziririzo mu Rwanda rwo hambere, twabagejejeho ibirebana n’umuntu n’undi muntu muri rusange. Muri iki gice cya...
Ntibyashoboka ko uhindura imibereho y’abantu udahinduye imyumvire yabo. Ibi ntibishobora kugerwaho itangazamakuru ritagizemo uruhare, kuko rigomba gukorana n’izindi nzego badahanganye ahubwo buzuzanya, hagamijwe kugeza...
Nyuma y’izungura ku mitungo y’abo mu muryango wa Nyirashuri Bonifride mwene Ntambiyukuri Stanislas n’uwa Mukabagaruka Immaculee washakanye na Munyakayanza Boniface yitabye Imana, aba bose...
Abatuye Umurenge wa Bushoki mu karere ka Rulindo, Intara y’Amajyaruguru y’u Rwanda bahamya ko bamaze gusobanukirwa n’ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’umugabo n’umugore, icyokora bavuga...
“Twateguye kandi twahuguye abantu bashoboka (Rapid Response Team) barimo abaganga, abapolisi, abatabazi, abajyanama b’ubuzima, inzego z’ibanze n’abandi, cyane cyane mu turere twegereye ibice bivugwamo...
Rwanda is holding the 11th Pan-African Parliament Conference on Women’s Rights under the theme: “Pan-African Parliament fights against corruption.” The conference will take place...
Muri shampiyona y’Umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, wo ku wa 28 Ukwakira 2018, mu bari munsi y’imyaka 19, Uhiriwe Byiza Renus ukinira...
Ku bufatanye n’abaturage, Polisi mu karere ka Burera, Umurenge wa Cyanika yakoze ibikorwa byo gushakisha abacuruza ibiyobyabwenge hafatirwamo imifuka 35 y’inzoga zitemewe zizwi nka...
INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA BWACHA MUZAIRWA Didier RUSABA GUHINDURA IZINA Uwitwa BWACHA MUZAIRWA Didier mwene NTAWIHINYUZA Elias na KAMPARAYE Bonifrida utuye mu mudugudu w’Isonga,...