Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa icyemezo cy’urukiko mu rubanza RC000390/2017/TB/KGRMA rwaciwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Kagarama ku wa 25/01/2018,
Umuhesha w’Inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko ku wa Gatatu tariki ya 21/11/2018, guhera saa munani z’amanywa (14h00), azagurisha muri cyamunara umutungo wa Ruzindana Regis na Uwimana Angelique.
Uwo mutungo ugizwe n’inzu yo guturamo ibaruye ku kibanza gifite No UPI: 1/03/07/03/88, giherereye mu mudugudu wa Kabeza, Akagari ka Kigarama, Umurenge wa Kigarama, Akarere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali.
Abifuza ibindi bisobanuro babariza kuri telefoni igendanwa 0788297106, bakanareba ku rubuga www.pba-co.org rw’urugaga rw’abahesha b’Inkiko b’umwuga.
Bikorewe i Kigali, ku wa 08/11/2018
Me Mufanzara Leonce
Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga
Sé

Jean Kerry
November 8, 2018 at 15:43
Tuyigure tubacumbikire se ?
Mubirebe neza batajya mu mubare wabo Leta izubakira batagira aho kuba (Umuzigo kuri Leta).
Mumpuze na ba nyiri umutungo twumvikane mbishyurire ideni bafite mbe mbacumbikiyemo. Seriously