Amakuru
Perezida wa Tchad Gen. Mahamat Idriss Deby Itno yashimye mugenzi we w’u Rwanda nk’inshuti ikomeje kuba hafi igihugu cye mu nzira yo kubaka ituze...
Hi, what are you looking for?
Perezida wa Tchad Gen. Mahamat Idriss Deby Itno yashimye mugenzi we w’u Rwanda nk’inshuti ikomeje kuba hafi igihugu cye mu nzira yo kubaka ituze...
Ku wa gatandatu, tariki ya 12 Werurwe 2022, Ambasade y’u Rwanda muri Sénégal ifatanyije n’Umuryango w’Abanyarwanda batuye muri Sénégal hamwe n’inshuti z’u Rwanda bizihije...
The Parliament of Rwanda prepares to host the 77th Session of the Executive Committee of the African Parliamentary Union (APU) scheduled to take place within the precincts...
Big Television Network (BTN) yafunguye shene ya kabiri bise B Plus (B+) izibanda ku guteza imbere imikino n’imyidagaduro. BTN TV ni imwe mu mateleviziyo...
Ruswa y’amafaranga no kwitwarira ibyamburwa abazunguzayi, ni bimwe mu bikomeje kwimakaza ingeso zo gucuruza abantu biruka mu mihanda, mu Mujyi wa Kigali. Kwamburwa ibyo...
Urukiko Rusesa Imanza mu Bufaransa rwafunze burundu dosiye y’ihanurwa ry’indege ya Juvenal Habyarimana nyuma y’uko rushyikrijwe ubujurire bw’imiryango ifite ababo bayiguyemo. Si ubwa mbere...
KIGALI, RWANDA – 16 February 2022 | IHS Rwanda, a subsidiary of IHS Towers, a leading owner and operator of shared telecommunications infrastructure, and...
Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda (Rwanda Writers Federation -RWF), ruzahemba abana 2343 bitabiriye amarushanwa yo gusoma ibitabo byanditse mu Kinyarwanda. Aya marushanwa yatangiye mu mpera...
Dr Gashumba Diane, waherutse guhabwa inshingano zo guhagararira u Rwanda muri Norvège, kuri uyu wa 10 Gashyantare 2022 yashyikirije umwami Harald V, impapuro zimuhesha...
Umugaba mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka akaba n’umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba yizera ko umwana w’Imana Yesu Kristo agiye...
Polisi y’u Rwanda ishami ryo mu muhanda yatangije ubukangurambaga bwo kwibutsa abanyamaguru uko bakwiye gukoresha umuhanda n’ibyo bakwiye kwitwararika. Ni ubukangurambaga bwatangiye kuri uyu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha_RIB, rwahaye abakozi umwambaro ugiye kujya ubaranga mu kazi. Ni umwenda w’akazi, ariko hari abazajya bakora berekana gusa ikarita ibaranga, aho kwambara...
Bamwe mu baturage basaba ibyangombwa bavuga ko basaba indangamuntu zigatinda ku boneka, bigatuma hari zimwe muri serivisi badahabwa. Basaba ikigo gishinzwe Indangamuntu (NIDA) kwihutisha...
Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abapolisi 4,592, bo mu byiciro bitandukanye, nyuma y’aho kuri uyu wa 26 Mutarama 2022, Inama y’Abaminisitiri yemeje amateka...